• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Mutamba mu mazi abira nyuma yo gushinjwa ibindi byaha.

Umushinjacyaha w’urukiko rusesa imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Firmin Mvonde, yasubiye gusaba inteko ishinga amategeko uburenganzira bwo gukurikirana minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba nyuma y’aho kandi yari aheruka gushinjwa kunyereza miliyoni 19 z’amadolari y’Amerika.

READ ALSO

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

Mvonde yahamije ko ibyavuzwe na Mutamba tariki ya 26/05/2025, ubwo yaganiraga n’abakozi ba minisiteri y’ubutabera bihamya ko afite ibyaha bikomeye muri iki gihugu.

Kur’iyo tariki yavuzwe haruguru, ubwo Mutamba yarimo asobanurira abo muri minisiteri y’ubutabera, yageze aho agenera Umushinjacyaha w’urukiko rusesa imanza, Firmin Mvonde, ubutumwa bugira buti: “Mumubwire ko yahoze mu itsinda ry’abashyigikiye Joseph Kabila, ry’aba-mafia. Yashatse kunsebya no kumparabika. Mubabwire ko Imana yabakura mbere banjye iruta iyabo. Mubabwire muti ‘sintinya gufungurwa, nditeguye.’ Bavuze ko nahungiye muri Tanzania. Mubabwire ko naje hano i Kinshasa, ku ngoro y’ubutabera kugira ngo duhangane.”

Minisitiri w’ubutabera ushinjwa ibyo byaha, yavuze ko uyu mushinjacyaha Mvonde ari gukorwaho iperereza kubera inzu afite y’agaciro k’ibihimbi 900 by’amayero yubatse mu Bubiligi, bityo ko adafite ububasha bwo kumukurikirana mu gihe ibye bitarabinerwa igisubizo.

Umushinjacyaha Mvonde ni bwo yahise amenyesha inteko ishinga amategeko ko muri iri jambo rya minisitiri Mutamba, hari aho yavuze ko minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluku, ko ari umuntu ushobora gutanga ikiguzi cyose kugira ngo abo badahuje bose bapfe.

Mutamba kuri ubu akaba arimo gushinjwa ibindi byaha birimo ko yasuzuguye urwego rw’igihugu, agerageza gutera ubwoba abakozi barwo. Yasabye inteko kumuha uburenganzira kugira ngo akurikirane uyu mutegetsi.

Byatumye tariki ya 29/05/2025, minisitiri Mutamba yamburwa ubudahangarwa kugira ngo akurikiranweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’amadolari yari yarateganyijwe kubaka gereza y’i Kisangani.

Uku kwa mburwa ubudahangarwa kwakozwe kuri Mutamba, byavuye ku busabe bw’Umushinjacyaha Mvonde. Kuri ubu biteganyijwe ko atangira gukurikiranwa n’ubutabera bw’iki gihugu cya RDC.

Tags: IbyahaKinshasaMu mazi abiraMutamba

Related Posts

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Un Munyamulenge au service de l’État à Kinshasa présente ses condoléances aux Bafuliiru, mais ne mentionne ni le génocide commis contre les Banyamulenge ni le vol de leur bétail

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa

September 12, 2026
Next Post
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n'ibyago byenda kuba mu karere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?