• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in Regional Politics
0
RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC ntivuga rumwe na Uganda kwifungurwa ry’umupaka wa Bunagana.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Nyuma y’aho umupaka wa Bunagana ufunguwe bigizwemo uruhare na Leta ya Uganda biravugwa ko byateye ukutavuga rumwe hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’iki gihugu cya Uganda cyabigizemo uruhare.

Imipaka yafunguwe ni uwa i Shasha n’uwa Bunagana, aho byafunguwe ku wa kane w’icyumweru gishize tariki ya 10/07/2025.

Mu gufungura iyi mipaka ihuza igihugu cya Uganda n’icya RDC byakozwe n’abayobozi ba Uganda, maze rero guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kurwego rwa gisirikare niko guhita ahamagaza Consul wa Uganda kugira ngo yisobanure.

Nyama aya makuru akomeza avuga ko guverineri w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Kakule Somo mu guhumagaza uriya muyobozi wa Uganda, utuye i Beni yabikoze atagishe inama no kubiganiraho n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu cye.

Consul wa Uganda, wari wahamagajwe tariki ya 12/07/2025, yaje na we gutangaza ko guverinoma y’igihugu cye, izatangaza ibirambuye kuri iki kibazo cyagarutsweho cyane ku mbugankoranyambaga; anaboneraho kunenga uburyo ibi byakozwe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.

Yagize ati: “Guverinoma yemewe ntiyari kwiriye gukoresha imbugankoranyambaga nk’umuyoboro ukwiye mu itumanaho. Ntitaye ku mubare w’ubutumwa bwaba bwaratanzwe, ku mubare w’ibitekerezo byatanzwe ku mbugankoranyambaga, igihe cy’amatangazo anyuze mu mucyo kizagera kandi hatangwe umucyo mwiza kuri iyi ngingo.”

Yavuze ko guverinoma y’igihugu cye cya Uganda, yubaha kandi ikanaha agaciro iya RDC, ndetse ikanaha agaciro ubutegetsi bw’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubu bukorera byagateganyo muri Beni.

Ku rundi ruhande, abakorera mukwaha kwa Leta y’i Kinshasa batinda cyane uburyo imipaka ihuza ibi bihugu byombi, iherereye mu bice bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe kandi ubutegetsi bwa RDC butabizi. Ikindi ni uko bibaza ukuntu Uganda yabikoze nyuma y’iminsi mike umugaba mukuru w’Ingabo zayo yari aheruka kugirira uruzinduko i Kinshasa, urwo yabonanyemo na perezida Felix Tshisekedi, bagashyingiraho bakagaragaza ko byari bikwiye kuba uyu mugaba mukuru w’Ingabo za Uganda yarabiganirije perezida Tshisekedi, bityo ngo bakayifungura abizi.

Hagataho, ubwo iriya mipaka ihuza ibi bihugu byombi yafungurwaga, ku ruhande rwa Uganda byakozwe na bayobozi bari baturutse muri Uganda, mu gihe nta muyobozi wo ku ruhande rwa Leta ya Congo wari uhari.

Ubwo hasozwaga icyo gikorwa, ubuyobozi bw’umutwe wa AFC/M23 bwashimiye perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, kandi bushimangira ko icyemezo yafashe ari ngenzi kuri bo no mu gihugu cyose muri rusange.

Tags: BunaganaRdcUgandaUmupaka
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Amerika yavuze ibyo iri guteganya bikarishye, mu gihe amasezerano y'amahoro yasinywe n'u Rwanda na RDC atokubahirizwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?