• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2025
in Regional Politics
0
RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

You might also like

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Guverinoma ya Kinshasa, inyuze muri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yemeje ko umujyi wa Goma wafashwe ariko ko wafashwe n’abanyamahanga bitwaje m23, kandi ko kugira ngo bawufate bakoresheje imbunda ziruta iz’umuryango w’Abibumbye.

Minisitiri Kayikwamba asubiza ikibazo cy’abanyamakuru bamubajije niba koko umujyi wa Goma warigaruriwe na M23 yasubije ati: “Mbere na mbere ndashaka kwemeza ko Goma yigaruriwe n’abanyamahanga, bikozwe n’u Rwanda, igisirikare cyemewe cy’u Rwanda. Umuturanyi wacu. Ni byo, nyuma y’iminsi yaranzwe n’imirwano ikomeye, twabonye mu mujyi, M23 n’igisirikare cy’u Rwanda, ubu bamaze kwigarurira igice kinini cy’uyu mujyi.”

Kayikwamba kandi yabajijwe niba gufata umujyi wa Goma hatarabaye intege nke za Guverinoma yabo, nawe ati: “Birumvikana n’intambwe isubira inyuma. Kandi, ni ibintu bibabaje cyane. Sinatinya kubivuga . Dukwiye kwemera ko ibi byatangiye kugaragazwa mu mezi menshi ashize, niba ahubwo atari n’imyaka. U Rwanda rwashoye imbaraga nyinshi kugwiza intwaro no mu kuziha M23 mu Burasirazuba bwa RDC.”

Yakomeje agira ati: “Bashoye imari mu kugura imbunda zihanitse zitari zimenyerwe mu karere. Intwaro zo mu buryo n’umuryango w’Abibumbye utapfa kuzibona, kuko zirusha ubushobozi izabo. Ikindi dukwiye kumva , ni uko u Rwanda inshuro nyinshi, rwagiye rurenga ku gahenge kabaga kavuye mu biganiro by’i Luanda, kagombaga gutangirana n’itariki ya 04/08/2024.”

Kayikwamba kandi yavuze ko bitagomba kubatera ubwoba kwemeza ko u Rwanda rwashoye imari nyinshi mukugura intwaro zihambaye, kandi ko rwabikoze badacyogora.”

Gusa nubwo Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeza ko u Rwanda ari rwo wafashe umujyi wa Goma, ariko yaba rwo ndetse n’umutwe wa M23 batera utwatsi ibyo birego.

U Rwanda hubwo rushinja Leta ya Kinshasa kuba ikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda. Umujyi wa Goma wakunze kugaruka cyane mu bibazo bihangayikishije Congo, wigaruriwe n’umutwe wa M23 ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo. Aho uyu mutwe wahise ushyira itangazo hanze umenyesha abawuturiye gutekana kandi ko bafashe Goma yose.

Kuri ubu uyu mujyi uragenzurwa n’abarwanyi ba M23 , ndetse ukaba ukomeje kurushaho kubamo amahoro n’umutekano mwiza bitari bisanzwe. Akarusho abaturage bawuturiye ku munsi w’ejo hashize bakoze imyigaragambyo bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ni mu gihe ubwo bwari buyoboye uwo mujyi abantu bapfaga nka kurya ku isazi, kuko bapfaga umunsi ku wundi. Ariko kuvaho M23 iwufashe barushaho kubona impinduka zitandukanye nizambere.

Ku rundi ruhande, imirwano hagati y’u ruhande rwa Leta ya Kinshasa n’urw’uyu mutwe wa M23, bikomeje kurwana aho izo mpande zombi ziri kurwanira muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yizewe Minembwe.com yahawe n’uko uyu mutwe ukomeje kurusha imbaraga cyane uruhande rwa Leta. Ndetse ukaba urimo no kwigarurira ibindi bice mu buryo budasanzwe.

Tags: FardcGomaM23Rwanda
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n'umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w'u Rwanda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umuryango wa Habyarimana bemezanyije gutangira kubaka...

Read moreDetails

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?