• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2025
in Regional Politics
0
RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yavuze icyo m23 yakoze kugira ngo ifate Goma.

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Guverinoma ya Kinshasa, inyuze muri minisitiri wayo w’ubabanye n’amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yemeje ko umujyi wa Goma wafashwe ariko ko wafashwe n’abanyamahanga bitwaje m23, kandi ko kugira ngo bawufate bakoresheje imbunda ziruta iz’umuryango w’Abibumbye.

Minisitiri Kayikwamba asubiza ikibazo cy’abanyamakuru bamubajije niba koko umujyi wa Goma warigaruriwe na M23 yasubije ati: “Mbere na mbere ndashaka kwemeza ko Goma yigaruriwe n’abanyamahanga, bikozwe n’u Rwanda, igisirikare cyemewe cy’u Rwanda. Umuturanyi wacu. Ni byo, nyuma y’iminsi yaranzwe n’imirwano ikomeye, twabonye mu mujyi, M23 n’igisirikare cy’u Rwanda, ubu bamaze kwigarurira igice kinini cy’uyu mujyi.”

Kayikwamba kandi yabajijwe niba gufata umujyi wa Goma hatarabaye intege nke za Guverinoma yabo, nawe ati: “Birumvikana n’intambwe isubira inyuma. Kandi, ni ibintu bibabaje cyane. Sinatinya kubivuga . Dukwiye kwemera ko ibi byatangiye kugaragazwa mu mezi menshi ashize, niba ahubwo atari n’imyaka. U Rwanda rwashoye imbaraga nyinshi kugwiza intwaro no mu kuziha M23 mu Burasirazuba bwa RDC.”

Yakomeje agira ati: “Bashoye imari mu kugura imbunda zihanitse zitari zimenyerwe mu karere. Intwaro zo mu buryo n’umuryango w’Abibumbye utapfa kuzibona, kuko zirusha ubushobozi izabo. Ikindi dukwiye kumva , ni uko u Rwanda inshuro nyinshi, rwagiye rurenga ku gahenge kabaga kavuye mu biganiro by’i Luanda, kagombaga gutangirana n’itariki ya 04/08/2024.”

Kayikwamba kandi yavuze ko bitagomba kubatera ubwoba kwemeza ko u Rwanda rwashoye imari nyinshi mukugura intwaro zihambaye, kandi ko rwabikoze badacyogora.”

Gusa nubwo Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeza ko u Rwanda ari rwo wafashe umujyi wa Goma, ariko yaba rwo ndetse n’umutwe wa M23 batera utwatsi ibyo birego.

U Rwanda hubwo rushinja Leta ya Kinshasa kuba ikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda. Umujyi wa Goma wakunze kugaruka cyane mu bibazo bihangayikishije Congo, wigaruriwe n’umutwe wa M23 ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo. Aho uyu mutwe wahise ushyira itangazo hanze umenyesha abawuturiye gutekana kandi ko bafashe Goma yose.

Kuri ubu uyu mujyi uragenzurwa n’abarwanyi ba M23 , ndetse ukaba ukomeje kurushaho kubamo amahoro n’umutekano mwiza bitari bisanzwe. Akarusho abaturage bawuturiye ku munsi w’ejo hashize bakoze imyigaragambyo bamagana ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ni mu gihe ubwo bwari buyoboye uwo mujyi abantu bapfaga nka kurya ku isazi, kuko bapfaga umunsi ku wundi. Ariko kuvaho M23 iwufashe barushaho kubona impinduka zitandukanye nizambere.

Ku rundi ruhande, imirwano hagati y’u ruhande rwa Leta ya Kinshasa n’urw’uyu mutwe wa M23, bikomeje kurwana aho izo mpande zombi ziri kurwanira muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo, amakuru yizewe Minembwe.com yahawe n’uko uyu mutwe ukomeje kurusha imbaraga cyane uruhande rwa Leta. Ndetse ukaba urimo no kwigarurira ibindi bice mu buryo budasanzwe.

Tags: FardcGomaM23Rwanda
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y’u Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Ndayishimiye yagaragaje ahandi intambara izerekeza nyuma y'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?