• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Sud-Kivu: Kera kabaye, amasasu FARDC yarashe yo gufusha ubusa yarikoze.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sud-Kivu: Kera kabaye, amasasu FARDC yarashe yo gufusha ubusa yarikoze.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Amakuru ava Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko amasasu ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, (FARDC), ziheruka kurasagura ubwo zarimo zizamuka imisozi y’i Ndondo ya Bijombo yakomerekeje bamwe muri bo abandi arabica, ndetse abanze kuja Ruguru batabwa mu nzu y’imbohe.

Aya masasu, FARDC yayarashe mu masaha y’umugoroba wajoro, tariki ya 10/01/205, no mu gitondo cy’ejo hashize hari ubwo yumvikanye. Ni amasasu yarashwe cyane, usibye ko banyuzagamo, bakabanza guhagarika, ubundi bakongera bigafata umwanya barasagura.

Nk’uko byavuzwe, yaraswaga n’abasirikare bazamukaga imisozi y’i Ndondo aho bivugwa ko bari bavuye mu mujyi wa Uvira batumwe mu Minembwe na Bijombo.

Bakaba baratangiye kuyarasa ubwo bari barenze agace ka Kijaga gaherereye muri cheferie y’Abavira muri teritwari ya Uvira.

Ni agace kandi kagabanya imisozi izamuka ni iri hasi y’umushyasha wa Uvira.

Amakuru yatanzwe n’abasirikare avuga ko ayo masasu FARDC yayarashe mu buryo bwo gufungura inzira, ngo kuko batinyaga ko yaba irimo Twirwaneho iyo bavuga ko ariyo bagiye guhiga.
Ariko andi makuru yo ku ruhande avuga ko aba basirikare bazamutse iriya misozi, batahawe amafaranga, kandi ko n’ubundi bari bamaze igihe badahembwa izo bahembwa ku kwezi ku kwezi.

Mu kurasagura rero, yakomerekeje bane murbo, aho bahise bajanwa mu bitaro bikuru bya Uvira, babigezemo babiri barapfa abandi bakaba bakirimo bitabwaho n’abaganga, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Ku rundi ruhande, bamwe muri aba basirikare bari bazamutse imisozi, umunani muribo wagarukiye mu nzira, bikavugwa ko banze gutumwa muri iyo misozi, ngo ntibashaka kuja gupfira mu Minembwe na Bijombo. Akaba aribo amakuru avuga ko batawe mu nzu y’imbohe muri Uvira.

Hagataho, FARDC kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo ndetse na mbere yaho gato, yagumye kohereza ingabo zayo mu Minembwe, bikavugwa ko yaba ishaka kongera kurwanya Abanyamulenge, nk’uko n’ubundi yabagabyeho ibitero mu kwezi gishize ku mwaka w’ 2024.

Kuko mu mpera z’u mwaka ushize, yavanye abasirikare benshi i Lulimba n’ahandi mu tundi duce twa Fizi, ibatuma mu Minembwe. Kugeza n’ubu iracyakomeje ku hohereza abasirikare, aho benshi bari kuvanwa aho muri Uvira.

Tags: AmasasuFardc
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y'umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?