• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Sud-Kivu: Kera kabaye, amasasu FARDC yarashe yo gufusha ubusa yarikoze.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.
128
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sud-Kivu: Kera kabaye, amasasu FARDC yarashe yo gufusha ubusa yarikoze.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Amakuru ava Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko amasasu ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, (FARDC), ziheruka kurasagura ubwo zarimo zizamuka imisozi y’i Ndondo ya Bijombo yakomerekeje bamwe muri bo abandi arabica, ndetse abanze kuja Ruguru batabwa mu nzu y’imbohe.

Aya masasu, FARDC yayarashe mu masaha y’umugoroba wajoro, tariki ya 10/01/205, no mu gitondo cy’ejo hashize hari ubwo yumvikanye. Ni amasasu yarashwe cyane, usibye ko banyuzagamo, bakabanza guhagarika, ubundi bakongera bigafata umwanya barasagura.

Nk’uko byavuzwe, yaraswaga n’abasirikare bazamukaga imisozi y’i Ndondo aho bivugwa ko bari bavuye mu mujyi wa Uvira batumwe mu Minembwe na Bijombo.

Bakaba baratangiye kuyarasa ubwo bari barenze agace ka Kijaga gaherereye muri cheferie y’Abavira muri teritwari ya Uvira.

Ni agace kandi kagabanya imisozi izamuka ni iri hasi y’umushyasha wa Uvira.

Amakuru yatanzwe n’abasirikare avuga ko ayo masasu FARDC yayarashe mu buryo bwo gufungura inzira, ngo kuko batinyaga ko yaba irimo Twirwaneho iyo bavuga ko ariyo bagiye guhiga.
Ariko andi makuru yo ku ruhande avuga ko aba basirikare bazamutse iriya misozi, batahawe amafaranga, kandi ko n’ubundi bari bamaze igihe badahembwa izo bahembwa ku kwezi ku kwezi.

Mu kurasagura rero, yakomerekeje bane murbo, aho bahise bajanwa mu bitaro bikuru bya Uvira, babigezemo babiri barapfa abandi bakaba bakirimo bitabwaho n’abaganga, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Ku rundi ruhande, bamwe muri aba basirikare bari bazamutse imisozi, umunani muribo wagarukiye mu nzira, bikavugwa ko banze gutumwa muri iyo misozi, ngo ntibashaka kuja gupfira mu Minembwe na Bijombo. Akaba aribo amakuru avuga ko batawe mu nzu y’imbohe muri Uvira.

Hagataho, FARDC kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo ndetse na mbere yaho gato, yagumye kohereza ingabo zayo mu Minembwe, bikavugwa ko yaba ishaka kongera kurwanya Abanyamulenge, nk’uko n’ubundi yabagabyeho ibitero mu kwezi gishize ku mwaka w’ 2024.

Kuko mu mpera z’u mwaka ushize, yavanye abasirikare benshi i Lulimba n’ahandi mu tundi duce twa Fizi, ibatuma mu Minembwe. Kugeza n’ubu iracyakomeje ku hohereza abasirikare, aho benshi bari kuvanwa aho muri Uvira.

Tags: AmasasuFardc
Share51Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

Bariyeri za Wazalendo mu marembo y'umujyi wa Baraka zibangamiye Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?