• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 12, 2025
in World News
0
Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

You might also like

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Ubutegetsi bw’i Juba muri Sudan y’Epfo bwahakanye amakuru avuga ko ingabo za Uganda zoherejwe i wabo kurinda umutekano w’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze na minisitiri w’itangaza makuru wa Sudan y’Epfo, Micheal Makuei, aho yabwiye ibitangazamakuru byo muri iki gihugu ko nta ngabo za Uganda ziri i Juba, umurwa mukuru wa Sudan y’Epfo.

Yagize ati: “Nta basirikare ba Uganda bari i Juba. Gusa turi kumbyamva natwe nk’uko namwe mubyumva.”

Iyi Leta ya Sudan y’Epfo, ntacyo yigeze itangaza aha’rejo, ubwo Uganda yari imaze kwemeza ko yohereje umutwe w’ingabo zayo udasanzwe i Juba kugira ngo zirinde umutekano waho.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Felix Kulaigye, yabwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyohereje ingabo i Juba.

Ati: “Ni ukuri, twohereje abasirikare i Juba.” Kimwecyo ntabisobanuro byinshi yatanze kuri iryo ryohereza ryabasirikare i Juba muri Sudan y’Epfo.

Usibye ko umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen.Kainarugaba Muhoozi, yemeje aya makuru, kandi avuga ko izi ngabo zagiye muri kiriya gihugu gufasha perezida Salva Kiir kubungabunga umutekano w’igihugu cye.

Itangazo rya Muhoozi ryaje mu gihe umwuka mubi hagati ya Kiir n’icyegera cye, Riek Machar, wakomeje gututumba.

General Muhoozi, abinyujije kuri x, yavuze ko igikorwa cyose kirwanya Salva Kiir “ari ugutangiza intambara kuri Uganda. Kandi ko abakora icyo cyaha bazabyirengera.”

Ati: “Tuzorinda umutekano w’igihugu cyose cya Sudan y’Epfo, nk’igihugu cyacu.”

Ndetse kandi yanatanze ubundi butumwa nyuma, agaragaza ko ingabo ze zageze i Juba.

Yagize ati: “Abakomanda ba UPDF bamaze kugera i Juba gufasha igisirikare cya Sudan y’Epfo (Sspdf) mu bibazo bihanze iki gihugu.”

Mu cyumweru gishyize, aba minisitiri babiri bo muri Sudan y’Epfo barafunzwe, gusa umwe yaje kurekurwa, ndetse haza kandi gufungwa abasirikare bakuru; bose bakaba ari abo mu ruhande rwa visi perezida Machar utavuga rumwe na perezida Salva Kiir.

Ifungwa ry’aba basirikare ryaje nyuma y’aho hari habanje kuba ukutumvikana mu ntara ya Upper Nile hagati y’ingabo za Leta n’umutwe witwara gisirikare uzwi nka White Army.

Ubwo intambara yadukaga hagati ya Kiir na Machar mu 2013, uyu mutwe wa White Army wari mu ruhande rwa Machar.

Uko kutumvikana kwaje kubyara intambara ikomeye, iyasize abantu 400.000 bahasize ubuzima.
Kiir yashinjaga Machar gushaka kumuhirika ku butegetsi.

Tags: JubaSudan y'EpfoUPDF
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

by Bruce Bahanda
August 12, 2025
0
U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y’umurengera.

U Bushinwa bwagize icyo buvuga kuri Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera. U Bushinwa bwanenze Leta Zunze ubumwe z'Amerika yabushyiriyeho imisoro y'umurengera zishingiye kukuba bugurira peteroli mu Burusiya. Byagarutsweho na...

Read moreDetails

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe.

Abanyamakuru ba Al-Jazeera barenga bane bishwe barashwe. Indege y'igisirikare cya Israel yarashe abanyamakuru batanu b'igitangazamakuru cya Al-Jazeera bahita bitaba Imana. Amakuru avuga ko bagabweho igitero ubwo bari ku...

Read moreDetails

Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Rwanda Launches Nationwide Digital ID Initiative to Modernize Identity Management

Rwanda has officially embarked on the rollout of its new Single Digital Identification System (SDIS), a cutting-edge platform designed to revolutionize identity management in the country. The initiative,...

Read moreDetails

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

by Bruce Bahanda
August 10, 2025
0
Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano.

Icyemezo cya Israel cyo kwiyomekaho intara ya Gaza cyakuruye imivurungano. Muri Israel abantu babarirwa mu bihumbi imirongo biraye mu mihanda y'umujyi w'i Tel Aviv, mu myigaragambyo yo kwamagana...

Read moreDetails

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

by Bruce Bahanda
August 7, 2025
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

Abakuru b'ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, na perezida Vladimir Putin w'u Burusiya, bemeranyije...

Read moreDetails
Next Post
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

M23 yageze iwabo w'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?