• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in World News
0
Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Ubutegetsi bw’i Juba muri Sudan y’Epfo bwahakanye amakuru avuga ko ingabo za Uganda zoherejwe i wabo kurinda umutekano w’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze na minisitiri w’itangaza makuru wa Sudan y’Epfo, Micheal Makuei, aho yabwiye ibitangazamakuru byo muri iki gihugu ko nta ngabo za Uganda ziri i Juba, umurwa mukuru wa Sudan y’Epfo.

Yagize ati: “Nta basirikare ba Uganda bari i Juba. Gusa turi kumbyamva natwe nk’uko namwe mubyumva.”

Iyi Leta ya Sudan y’Epfo, ntacyo yigeze itangaza aha’rejo, ubwo Uganda yari imaze kwemeza ko yohereje umutwe w’ingabo zayo udasanzwe i Juba kugira ngo zirinde umutekano waho.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Felix Kulaigye, yabwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyohereje ingabo i Juba.

Ati: “Ni ukuri, twohereje abasirikare i Juba.” Kimwecyo ntabisobanuro byinshi yatanze kuri iryo ryohereza ryabasirikare i Juba muri Sudan y’Epfo.

Usibye ko umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen.Kainarugaba Muhoozi, yemeje aya makuru, kandi avuga ko izi ngabo zagiye muri kiriya gihugu gufasha perezida Salva Kiir kubungabunga umutekano w’igihugu cye.

Itangazo rya Muhoozi ryaje mu gihe umwuka mubi hagati ya Kiir n’icyegera cye, Riek Machar, wakomeje gututumba.

General Muhoozi, abinyujije kuri x, yavuze ko igikorwa cyose kirwanya Salva Kiir “ari ugutangiza intambara kuri Uganda. Kandi ko abakora icyo cyaha bazabyirengera.”

Ati: “Tuzorinda umutekano w’igihugu cyose cya Sudan y’Epfo, nk’igihugu cyacu.”

Ndetse kandi yanatanze ubundi butumwa nyuma, agaragaza ko ingabo ze zageze i Juba.

Yagize ati: “Abakomanda ba UPDF bamaze kugera i Juba gufasha igisirikare cya Sudan y’Epfo (Sspdf) mu bibazo bihanze iki gihugu.”

Mu cyumweru gishyize, aba minisitiri babiri bo muri Sudan y’Epfo barafunzwe, gusa umwe yaje kurekurwa, ndetse haza kandi gufungwa abasirikare bakuru; bose bakaba ari abo mu ruhande rwa visi perezida Machar utavuga rumwe na perezida Salva Kiir.

Ifungwa ry’aba basirikare ryaje nyuma y’aho hari habanje kuba ukutumvikana mu ntara ya Upper Nile hagati y’ingabo za Leta n’umutwe witwara gisirikare uzwi nka White Army.

Ubwo intambara yadukaga hagati ya Kiir na Machar mu 2013, uyu mutwe wa White Army wari mu ruhande rwa Machar.

Uko kutumvikana kwaje kubyara intambara ikomeye, iyasize abantu 400.000 bahasize ubuzima.
Kiir yashinjaga Machar gushaka kumuhirika ku butegetsi.

Tags: JubaSudan y'EpfoUPDF
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

M23 yageze iwabo w'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?