• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in World News
0
Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Ubutegetsi bw’i Juba muri Sudan y’Epfo bwahakanye amakuru avuga ko ingabo za Uganda zoherejwe i wabo kurinda umutekano w’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze na minisitiri w’itangaza makuru wa Sudan y’Epfo, Micheal Makuei, aho yabwiye ibitangazamakuru byo muri iki gihugu ko nta ngabo za Uganda ziri i Juba, umurwa mukuru wa Sudan y’Epfo.

Yagize ati: “Nta basirikare ba Uganda bari i Juba. Gusa turi kumbyamva natwe nk’uko namwe mubyumva.”

Iyi Leta ya Sudan y’Epfo, ntacyo yigeze itangaza aha’rejo, ubwo Uganda yari imaze kwemeza ko yohereje umutwe w’ingabo zayo udasanzwe i Juba kugira ngo zirinde umutekano waho.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Felix Kulaigye, yabwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyohereje ingabo i Juba.

Ati: “Ni ukuri, twohereje abasirikare i Juba.” Kimwecyo ntabisobanuro byinshi yatanze kuri iryo ryohereza ryabasirikare i Juba muri Sudan y’Epfo.

Usibye ko umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen.Kainarugaba Muhoozi, yemeje aya makuru, kandi avuga ko izi ngabo zagiye muri kiriya gihugu gufasha perezida Salva Kiir kubungabunga umutekano w’igihugu cye.

Itangazo rya Muhoozi ryaje mu gihe umwuka mubi hagati ya Kiir n’icyegera cye, Riek Machar, wakomeje gututumba.

General Muhoozi, abinyujije kuri x, yavuze ko igikorwa cyose kirwanya Salva Kiir “ari ugutangiza intambara kuri Uganda. Kandi ko abakora icyo cyaha bazabyirengera.”

Ati: “Tuzorinda umutekano w’igihugu cyose cya Sudan y’Epfo, nk’igihugu cyacu.”

Ndetse kandi yanatanze ubundi butumwa nyuma, agaragaza ko ingabo ze zageze i Juba.

Yagize ati: “Abakomanda ba UPDF bamaze kugera i Juba gufasha igisirikare cya Sudan y’Epfo (Sspdf) mu bibazo bihanze iki gihugu.”

Mu cyumweru gishyize, aba minisitiri babiri bo muri Sudan y’Epfo barafunzwe, gusa umwe yaje kurekurwa, ndetse haza kandi gufungwa abasirikare bakuru; bose bakaba ari abo mu ruhande rwa visi perezida Machar utavuga rumwe na perezida Salva Kiir.

Ifungwa ry’aba basirikare ryaje nyuma y’aho hari habanje kuba ukutumvikana mu ntara ya Upper Nile hagati y’ingabo za Leta n’umutwe witwara gisirikare uzwi nka White Army.

Ubwo intambara yadukaga hagati ya Kiir na Machar mu 2013, uyu mutwe wa White Army wari mu ruhande rwa Machar.

Uko kutumvikana kwaje kubyara intambara ikomeye, iyasize abantu 400.000 bahasize ubuzima.
Kiir yashinjaga Machar gushaka kumuhirika ku butegetsi.

Tags: JubaSudan y'EpfoUPDF
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

M23 yageze iwabo w'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?