• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in World News
0
Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Ubutegetsi bw’i Juba muri Sudan y’Epfo bwahakanye amakuru avuga ko ingabo za Uganda zoherejwe i wabo kurinda umutekano w’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze na minisitiri w’itangaza makuru wa Sudan y’Epfo, Micheal Makuei, aho yabwiye ibitangazamakuru byo muri iki gihugu ko nta ngabo za Uganda ziri i Juba, umurwa mukuru wa Sudan y’Epfo.

Yagize ati: “Nta basirikare ba Uganda bari i Juba. Gusa turi kumbyamva natwe nk’uko namwe mubyumva.”

Iyi Leta ya Sudan y’Epfo, ntacyo yigeze itangaza aha’rejo, ubwo Uganda yari imaze kwemeza ko yohereje umutwe w’ingabo zayo udasanzwe i Juba kugira ngo zirinde umutekano waho.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Felix Kulaigye, yabwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyohereje ingabo i Juba.

Ati: “Ni ukuri, twohereje abasirikare i Juba.” Kimwecyo ntabisobanuro byinshi yatanze kuri iryo ryohereza ryabasirikare i Juba muri Sudan y’Epfo.

Usibye ko umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen.Kainarugaba Muhoozi, yemeje aya makuru, kandi avuga ko izi ngabo zagiye muri kiriya gihugu gufasha perezida Salva Kiir kubungabunga umutekano w’igihugu cye.

Itangazo rya Muhoozi ryaje mu gihe umwuka mubi hagati ya Kiir n’icyegera cye, Riek Machar, wakomeje gututumba.

General Muhoozi, abinyujije kuri x, yavuze ko igikorwa cyose kirwanya Salva Kiir “ari ugutangiza intambara kuri Uganda. Kandi ko abakora icyo cyaha bazabyirengera.”

Ati: “Tuzorinda umutekano w’igihugu cyose cya Sudan y’Epfo, nk’igihugu cyacu.”

Ndetse kandi yanatanze ubundi butumwa nyuma, agaragaza ko ingabo ze zageze i Juba.

Yagize ati: “Abakomanda ba UPDF bamaze kugera i Juba gufasha igisirikare cya Sudan y’Epfo (Sspdf) mu bibazo bihanze iki gihugu.”

Mu cyumweru gishyize, aba minisitiri babiri bo muri Sudan y’Epfo barafunzwe, gusa umwe yaje kurekurwa, ndetse haza kandi gufungwa abasirikare bakuru; bose bakaba ari abo mu ruhande rwa visi perezida Machar utavuga rumwe na perezida Salva Kiir.

Ifungwa ry’aba basirikare ryaje nyuma y’aho hari habanje kuba ukutumvikana mu ntara ya Upper Nile hagati y’ingabo za Leta n’umutwe witwara gisirikare uzwi nka White Army.

Ubwo intambara yadukaga hagati ya Kiir na Machar mu 2013, uyu mutwe wa White Army wari mu ruhande rwa Machar.

Uko kutumvikana kwaje kubyara intambara ikomeye, iyasize abantu 400.000 bahasize ubuzima.
Kiir yashinjaga Machar gushaka kumuhirika ku butegetsi.

Tags: JubaSudan y'EpfoUPDF
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

M23 yageze iwabo w'Abanyamulenge ahazwi nk'i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?