• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, abarwanyi bawo bamaze gukandagiza ibirenge byabo iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru ava yo abivuga.

Akarere k’i Mulenge kagizwe na Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, i Cyohagati, Mibunda, Bibogobogo na Minembwe. Utu turere tubarizwa muri za teritware ya Mwenga, Fizi na Uvira.

Gusa, hari utundi duce tutagituwe n’aba Banyamulenge kuko aba barwanya bashigikiwe na Leta y’i Kinshasa bagiye batubirukanamo, kuri ubu tukaba dutuwe n’Abapfulero, Ababembe n’andi moko; utwo duce hari aka Mirimba, Matanganika na Ngandji.

Amakuru Minembwe Capital News yamaze kwakira, ayo dukesha abaturiye imisozi ya Rurambo, ahamya ko m23 yageze iwabo.

Uyu waduhaye iyi nkuru yavuze ko iri ahitwa i Gashama, kandi ko yamaze guhura na Twirwaneho yari isanzwe muri ibyo bice.

Yagize ati: “Turi i Gashama. Ubu turi kumwe na m23. Twese turi hamwe.”

Abarwanyi bo mu mutwe wa m23 bageze i Gashama muri Rurambo, nyuma yuko birukanye ingabo z’u Burundi n’iza Congo, n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo i Kaziba muri teritware ya Walungu.
Na nyuma y’aho m23 yakomeje gukurikira ririya huriro ry’ingabo za Congo, baryirukana mu misozi iri hagati ya Rurambo n’i Kaziba, maze iri huriro rihungira mu misozi yunamiye i Lemera muri Uvira.

Uyu mutwe wa m23 gukandagiza ibirenge byabo iwabo w’Abanyamulenge, byari inzozi ku Banyamulenge kuko bari batesetse igihe kirekire, ariko ubu bisa nk’aho babonye umucyunguzi bari bategereje igihe kirekire.

Ntimugura Felix uri mu Rurambo yabwiye Minembwe Capital News ati: “Ibi bisa nk’aho twageze ku mahoro arambye. Erega m23 ni igisubizo kuri twe.”

M23 igeze mu Rurambo mu gihe Twirwaneho iheruka kwigarurira igice cya Minembwe, giherereye mu birometero nka 200 uvuye aha mu Rurambo.

Si Minembwe gusa Twirwaneho yafashe, kuko yanafashe Kamombo na Mikenke. Ubu uyu mutwe wa Twirwaneho uranagenzura ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye ku Kiziba.

Nyamara nubwo ari ibyishimo bidasanzwe ku Banyamulenge bagezwemo na m23, ariko kandi ibagezemo mu gihe ubutunzi bwabo bw’inka bwanyazwe na Wazalendo(Mai Mai), ibifashijwemo n’ingabo za Leta y’i Kinshasa.

Mu mibare yagiye ishyigwa hanze n’imiryango itandukanye y’Abanyamulenge irimo n’uwa Mahoro Peace Association, mu myaka ishyize, yagaragazaga ko Inka zabo Banyamulenge zanyazwe hagati mu mwaka wa 2017 kugeza uwa 2020, zibarirwa mu bihumbi amagana ane.

Ikindi nuko aba Banyamulenge bagiye basenyerwa imihana yabo, ndetse kandi bakicwa bazira ubwoko bwabo.
Hagataho, kuri ubu basa nabatangiye gukandagiza ibirenge byabo mu bisubizo by’amahoro.

Tags: ImulengeM23Rurambo
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, abagabo bakubita abagore babo, m23 yababuriye.

Byakaze, abagabo bakubita abagore babo, m23 yababuriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?