• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Televisiyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zafunzwe.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Televisiyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zafunzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Televiziyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zafunzwe.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni televiziyo ya Guverineri Théo Ngwabidje, yakoreraga mu mujyi wa Goma yafunzwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024, nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byo muri Goma.

Bivuga ko televiziyo ya Guverineri Théo Kasi Ngwabidje yafunzwe kubera ko uyu Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, atajya yishura neza abanyamakuru bakoreraga ibitangaza makuru bye.

Iyo televiziyo ya Goma, ifunzwe mu gihe hari hashize iminsi itari myinshi hafunzwe indi televiziyo ye, yakoreraga mu mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umwe mu banyamakuru ba herereye mu mujyi wa Goma, bwana Ronely Ntibonera yavuze kuri ayo makuru, avuga ko “Televiziyo ya Théo Ngwabidje yakoreraga i Goma, yafunzwe, nyuma y’uko iyi Bukavu nayo yari iheruka gufungwa. Ku bw’i mpamvu z’uko Guverineri Théo Kasi Ngwabidje atishyura abanyamakuru.”

Théo Kasi Ngwabidje ni umugabo wavutse mu mwaka w’1971, avukiye i Goma. Ni Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo kuva mu mwaka w ‘ 2019 kugeza ubu.

        MCN.
Tags: BukavuGomaKutishura abakoziTeleviziyoThéo Kasi NgwabidjeZafunzwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.

Byavuzwe ko leta ya Repubulika y'u Rwanda, yakijijwe mbere y'abakozi b'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?