• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa ari i Kigali mu Rwanda aho yagiye kuganira na perezida Paul Kagame ku kibazo cy’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru avuga ko uyu minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa, Jean Noel yageze i Kigali mu Rwanda avuye i Kinshasa muri RDC aho yari kubonana na Perezida Félix Tshisekedi w’iki Gihugu.

RFI dukesha iyi nkuru yatangaje ko Jean Noel yabwiye perezida Félix Tshisekedi ko igihugu cy’u Bufaransa gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo ku butaka bwa RDC, no gusaba M23 kuva mu bice yafashe.

Amakuru yatangajwe n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko Tshisekedi na Jean Noel ibiganiro byabo byamaze isaha imwe, kandi ko Tshisekedi yasobanuriye iy’i ntumwa ya perezida Emmanuel Macron ibibazo iki gihugu kiri gucamo.

Macro yohereje iyi ntumwa, mu gihe mu Cyumweru gishize yari yatangaje ko asaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo mu Burasirazuba bwa RDC no kureka gutera inkunga umutwe wa M23.

U Rwanda ruhakana ubufasha ubwo ari bwo bwose kuri m23, ndetse n’uyu mutwe nawo uvuga ko nta bufasha uhabwa n’u Rwanda.

Nubwo Emmanuel Macron asaba umutwe wa M23 gukura ingabo zawo mu duce wafashe, ariko mu kiganiro Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleveuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23, yabwiye abanyamakuru ko batazasubira inyuma.

Yagize ati: “Dusubire inyuma ngo tujye he? Hano turi ni iwacu. Urugamba rwacu rwo kubohora igihugu ruzakomeza kugeza i Kinshasa.”

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa, Jean Noel Barrot yaje i Kinshasa n’i Kigali nyuma y’uko perezida Emanuel Macron yavuganye kuri telephone na perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda, nk’uko ibiro ntara makuru by’Abafaransa bibivuga.

Ikindi RFI ivuga ni uko Jean Noel ashobora kubonana na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Tshisekedi akomeje kwizera amahanga mu gukemura ibibazo biri mu gihugu cye, ariko nyamara umutwe uhanganye n’ihuriro ry’ingabo ze nyuma yo gufata umujyi wa Goma urakomeje uja gufata umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuko amakuru ava i Kalehe ahari kubera intambara ikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, avuga ko abarwanyi b’uyu mutwe barimo kwirukana iri huriro, kandi ko baryirukana baryerekeje i Bukavu.

Ndetse kuri ubu intambara ikaba igeze hafi na centre ya teritware ya Kalehe mu birometero nka 50 uvuye mu mujyi wa Bukavu.

Tags: AmahangaBukavuM23Tshisekedi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Afrika y’Epfo urikugenda urushaho gufata indi ntera.

Umwuka mubi hagati y'u Rwanda na Afrika y'Epfo urikugenda urushaho gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?