• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi mu gihe yizera amahanga ko azakemura ikibazo kiri mu gihugu cye, M23 yo ikomeje kwegera ija gufata u Bukavu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa ari i Kigali mu Rwanda aho yagiye kuganira na perezida Paul Kagame ku kibazo cy’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru avuga ko uyu minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa, Jean Noel yageze i Kigali mu Rwanda avuye i Kinshasa muri RDC aho yari kubonana na Perezida Félix Tshisekedi w’iki Gihugu.

RFI dukesha iyi nkuru yatangaje ko Jean Noel yabwiye perezida Félix Tshisekedi ko igihugu cy’u Bufaransa gisaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo ku butaka bwa RDC, no gusaba M23 kuva mu bice yafashe.

Amakuru yatangajwe n’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko Tshisekedi na Jean Noel ibiganiro byabo byamaze isaha imwe, kandi ko Tshisekedi yasobanuriye iy’i ntumwa ya perezida Emmanuel Macron ibibazo iki gihugu kiri gucamo.

Macro yohereje iyi ntumwa, mu gihe mu Cyumweru gishize yari yatangaje ko asaba u Rwanda kuvana ingabo zarwo mu Burasirazuba bwa RDC no kureka gutera inkunga umutwe wa M23.

U Rwanda ruhakana ubufasha ubwo ari bwo bwose kuri m23, ndetse n’uyu mutwe nawo uvuga ko nta bufasha uhabwa n’u Rwanda.

Nubwo Emmanuel Macron asaba umutwe wa M23 gukura ingabo zawo mu duce wafashe, ariko mu kiganiro Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleveuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23, yabwiye abanyamakuru ko batazasubira inyuma.

Yagize ati: “Dusubire inyuma ngo tujye he? Hano turi ni iwacu. Urugamba rwacu rwo kubohora igihugu ruzakomeza kugeza i Kinshasa.”

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bufaransa, Jean Noel Barrot yaje i Kinshasa n’i Kigali nyuma y’uko perezida Emanuel Macron yavuganye kuri telephone na perezida Félix Tshisekedi na Paul Kagame w’u Rwanda, nk’uko ibiro ntara makuru by’Abafaransa bibivuga.

Ikindi RFI ivuga ni uko Jean Noel ashobora kubonana na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Tshisekedi akomeje kwizera amahanga mu gukemura ibibazo biri mu gihugu cye, ariko nyamara umutwe uhanganye n’ihuriro ry’ingabo ze nyuma yo gufata umujyi wa Goma urakomeje uja gufata umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuko amakuru ava i Kalehe ahari kubera intambara ikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, avuga ko abarwanyi b’uyu mutwe barimo kwirukana iri huriro, kandi ko baryirukana baryerekeje i Bukavu.

Ndetse kuri ubu intambara ikaba igeze hafi na centre ya teritware ya Kalehe mu birometero nka 50 uvuye mu mujyi wa Bukavu.

Tags: AmahangaBukavuM23Tshisekedi
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Afrika y’Epfo urikugenda urushaho gufata indi ntera.

Umwuka mubi hagati y'u Rwanda na Afrika y'Epfo urikugenda urushaho gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?