• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2024
in World News
0
U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bufaransa binyuze kuri minisitiri wabwo w’ubanye n’amahanga, Jean-Noel Barrot yatangaje ko igihugu cye gihanguye Ukraine kurasisha intwaro bayihaye mu bitero byose iteganya kugaba ku butaka bw’u Burusiya mu gihe byaba ari ukurwana ku busugire bw’igihugu cyabo.

Minisitiri Jean-Noel yagaragaje ko igihugu cye kitarenga amabwiriza ntarengwa y’uburyo imbunda zirasa kure bwahaye Ukraine zigomba gukoreshwa, n’iyo byaba ari ukurasa ku butaka bw’u Burusiya mu gihe ari ukwitabara bitabujijwe.

Bivugwa ko u Bufaransa bwahaye Ukraine ibisasu byo mu bwoko bwa Scalp-Eg byinshi ndetse byifashishijwe mu kurasa ku ngabo z’u Burusiya mu Ntara ya Crimea n’utundi duce tune twometswe ku Burusiya mu 2022.

Ibisasu byo mu kirere bya Scalp-Eg bishobora kuraswa mu ntera ingana na kilometero 550. Abashinzwe ingabo muri Ukraine batangaje ko ibi bisasu byafashijwe mu bitero byagabwe mu gace ka Kursk mu Burusiya mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, ariko u Burusiya ngo bwahanuyemo bibiri.

Ariko u Bufaransa ntibwerura ngo bugaragaze ko ibyo bisasu byatangiye gukoreshwa.

Ibyo bije, mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika nazo, zari ziheruka guhangura Ukraine kurasisha intwaro bayihaye mu kurasa ingabo z’u Burusiya.

Ku rundi ruhande, u Burusiya bwihimuye kuri ibyo bitero byakoreshejwemo imbunda zirasa kure, burashisha igisasu gishya kiri mu by’ubumara ku ruganda rukora intwaro mu mujyi wa Dnepropetrovsk.

Amakuru avuga ko icyo gisasu cyangije ibindi nyinshi byari aho ndetse ngo u Burusiya bwiteguye gukora byinshi nkacyo muri aya mezi.

Perezida Vladimir Putin ashinja Amerika n’umuryango w’ubutabarane wa OTAN kongera umuriro mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, ndetse ngo bwiteguye kugera ku ntego zabwo hatitawe ku ntwaro zose Ukraine yakoresha.

Tags: U BurusiyaUkraineumuriro
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Uvira: FDLR mu kwambara umwambaro w’igisirikare cy’u Burundi havuzwe impamvu yabyo.

Uvira: FDLR mu kwambara umwambaro w'igisirikare cy'u Burundi havuzwe impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?