• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2024
in World News
0
U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bufaransa busa nubwongeye kwenyegeza umuriro mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’u Burusiya.

You might also like

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

U Bufaransa binyuze kuri minisitiri wabwo w’ubanye n’amahanga, Jean-Noel Barrot yatangaje ko igihugu cye gihanguye Ukraine kurasisha intwaro bayihaye mu bitero byose iteganya kugaba ku butaka bw’u Burusiya mu gihe byaba ari ukurwana ku busugire bw’igihugu cyabo.

Minisitiri Jean-Noel yagaragaje ko igihugu cye kitarenga amabwiriza ntarengwa y’uburyo imbunda zirasa kure bwahaye Ukraine zigomba gukoreshwa, n’iyo byaba ari ukurasa ku butaka bw’u Burusiya mu gihe ari ukwitabara bitabujijwe.

Bivugwa ko u Bufaransa bwahaye Ukraine ibisasu byo mu bwoko bwa Scalp-Eg byinshi ndetse byifashishijwe mu kurasa ku ngabo z’u Burusiya mu Ntara ya Crimea n’utundi duce tune twometswe ku Burusiya mu 2022.

Ibisasu byo mu kirere bya Scalp-Eg bishobora kuraswa mu ntera ingana na kilometero 550. Abashinzwe ingabo muri Ukraine batangaje ko ibi bisasu byafashijwe mu bitero byagabwe mu gace ka Kursk mu Burusiya mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, ariko u Burusiya ngo bwahanuyemo bibiri.

Ariko u Bufaransa ntibwerura ngo bugaragaze ko ibyo bisasu byatangiye gukoreshwa.

Ibyo bije, mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika nazo, zari ziheruka guhangura Ukraine kurasisha intwaro bayihaye mu kurasa ingabo z’u Burusiya.

Ku rundi ruhande, u Burusiya bwihimuye kuri ibyo bitero byakoreshejwemo imbunda zirasa kure, burashisha igisasu gishya kiri mu by’ubumara ku ruganda rukora intwaro mu mujyi wa Dnepropetrovsk.

Amakuru avuga ko icyo gisasu cyangije ibindi nyinshi byari aho ndetse ngo u Burusiya bwiteguye gukora byinshi nkacyo muri aya mezi.

Perezida Vladimir Putin ashinja Amerika n’umuryango w’ubutabarane wa OTAN kongera umuriro mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, ndetse ngo bwiteguye kugera ku ntego zabwo hatitawe ku ntwaro zose Ukraine yakoresha.

Tags: U BurusiyaUkraineumuriro
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails
Next Post
Uvira: FDLR mu kwambara umwambaro w’igisirikare cy’u Burundi havuzwe impamvu yabyo.

Uvira: FDLR mu kwambara umwambaro w'igisirikare cy'u Burundi havuzwe impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?