• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2025
in Regional Politics
0
U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashyizeho minisitiri w’intebe mushya, ari we Nestor Ntahontuye.

Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, nibwo Nestor yagizwe minisitiri w’intebe w’iki gihugu cy’u Burundi, nyuma y’uko byemejwe n’imitwe yombi igize inteko ishinga amategeko.

Nestor asimbuye kuri izi nshingano Lt .Gen Gervais Ndirakobuca na we watorewe kuba perezida wa Sena y’iki gihugu.

Ndetse kuri ubu biravugwa ko Ndayishimiye ko agiye gukora impinduka zihuse muri guverinoma ye, ba minisiteri bamwe bakayivanwamo hakaza abandi bashya.

Nestor washyizwe munshingano nshya, yari asanzwe ari minisitiri w’imari, ni nshingano yahawe mu kwezi kwa cumi numwe umwaka wa 2024.

Perezida w’u Burundi ashyizeho minisitiri w’intebe mushya, mu gihe bivugwa ko ari gutegura gutsemba Abanyamulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Kuko mu cyumweru gishize, umutwe wa Twirwaneho urwanira ukubaho kwabo, washyize itangazo hanze ugaragaza ibice biri hafi n’ahatuye Abanyamulenge muri teritware ya Fizi na Mwenga ndetse na Uvira u Burundi bwoherejemo ingabo zabwo mu rwego rwo kugira ngo zitangire kugaba ibitero kuri bo.

Gusa, igisirikare cy’u Burundi cyaje kubihakana, kivuga ko ibyo Twirwaneho ikivugaho ari ibinyoma.

Ariko kandi, kuri uyu wa kabiri ziriya ngabo z’u Burundi kubufatanye n’iza RDC, FDLR na Wazalendo bazindutse bagaba ibitero ku Banyamulenge mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ni bitero umutwe wa Twirwaneho wasubije inyuma, ndetse wirukana ririya huriro kubi. Kuri ubu mu Minembwe hagarutse ituze.

Imyaka itatu irashyize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC n’imitwe yitwaje imbunda irimo uwa FDLR na Wazalendo zirwanya Abanyamulenge, kuko izi ngabo zageze ku butaka bw’iki gihugu hagati mu mwaka wa 2022.

Tags: Minisitiri w'intebeNestor Ntahontuye
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?