• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, December 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 2, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe

You might also like

Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli i Burundi ryahungabanyije ingendo, intambara yo muri RDC ikomeza kurushaho kuba ikibazo

Nyuma ya Washington, Perezida Tshisekedi yagiye gutakambira Sassou Nguesso mu gushakira umuti ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Iramagana u Burundi Ibushinja Gufata Bugwate Impunzi z’Abanye-Congo ku Mpamvu za Politiki

Igihugu cy’u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byavugiwe mu kiganiro minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yagiranye na TV monde, aho yagaragaje ko imikoranire y’u Burundi na RDC iri mu bituma amasezerano u Rwanda na RDC byasinyanye atubahirizwa.

Yavuze ko kuba ingabo z’u Burundi n’iza RDC zigifite imikoranire imwe biri mubituma ibyo ibi bihugu byombi byemeranyije bidashyirwa mu bikorwa.

Tariki ya 27/06/2025, ni bwo u Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amahoro, nyuma y’ibiganiro ibihugu byombi byahurijwemo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika i Washington.

Ariko kuva aya masezerano ateweho umukono, gushyira mu bikorwa ingingo ziyagize byabaye ndanze.

Nduhungirehe avuga ko ibiganiro bya Washington DC bigenda neza, ariko ko ibikorwa bya leta y’i Kinshasa bihabanye na byo, kuko ikomeje kurenga ku byari byemejwe.

Yagize ati: “Ibiganiro by’i Washington DC biri kugenda neza, ariko Ingabo za RDC ziracyarenga ku gahenge, zikarasa ibisasu buri munsi. Hari kandi imvugo zibiba urwango zibasira Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda barimo Abanyamulenge.”

Nduhungirehe yagaragaje kandi ko kuba Leta ya Congo iri gukoresha abacanshuro b’ababanyamahanga, barimo abaturutse mu mutwe wa Blackwater n’ingabo z’u Burundi zirenga ibihumbi 14, 000 zoherejwe mu bice bitandukanye by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo na byo ari ikibazo kuri aya masezerano.

Ibyo yabivuze mu gihe Ingabo z’u Burundi zikomeje kwiyongera mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, aho zirimo gushinga ibirindiro mu Cyohagati nka hitwa Nyamara, Birarombili, Gitashya, Gipupu, Mikarati, Point Zero n’ahandi.

Ntakindi zigamije usibye kuburiza uburyo Abanyamulenge batuye muri iriya misozi, kuko zibangamiye ubuzima bwabo. Zibabuza kurema amasoko abonerwamo ibintu bakenera buri munsi, nk’amasabune, amavuta, isukari, imyunyu n’ibindi.

U Rwanda rwanaherukaga gusaba u Burundi kureka gukomeza imikoranire Ingabo zabwo zifitanye n’iza RDC, mu rwego rwo gufasha ibihugu byombi kubahiriza amasezerano byasinyanye.

Tags: AbanyamulengeAmasezeranoBubangamiyeRdcU BurundiU Rwanda
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli i Burundi ryahungabanyije ingendo, intambara yo muri RDC ikomeza kurushaho kuba ikibazo

by Bahanda Bruce
December 21, 2025
0
Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli i Burundi ryahungabanyije ingendo, intambara yo muri RDC ikomeza kurushaho kuba ikibazo

Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli i Burundi ryahungabanyije ingendo, intambara yo muri RDC ikomeza kurushaho kuba ikibazo Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu turere twa Bubanza...

Read moreDetails

Nyuma ya Washington, Perezida Tshisekedi yagiye gutakambira Sassou Nguesso mu gushakira umuti ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 21, 2025
0
Nyuma ya Washington, Perezida Tshisekedi yagiye gutakambira Sassou Nguesso mu gushakira umuti ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Nyuma ya Washington, Perezida Tshisekedi yagiye gutakambira Sassou Nguesso mu gushakira umuti ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma y’ishyirwaho ry’amasezerano ya Washington yasinywe hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails

AFC/M23 Iramagana u Burundi Ibushinja Gufata Bugwate Impunzi z’Abanye-Congo ku Mpamvu za Politiki

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
I Kamanyola Bahagurukiye Icyemezo cya Amerika, Basaba AFC/M23 Kutava mu Bice Yafashe

AFC/M23 Iramagana u Burundi Ibushinja Gufata Bugwate Impunzi z’Abanye-Congo ku Mpamvu za Politiki Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko wamaganye bikomeye ibyo ushinja Leta y’u Burundi byo gufata bugwate...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yongeye Kuvuga Amagambo Akakaye Ku Rwanda, Impungenge Zihita Ziyongera ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
U Burundi mu Myiteguro yo Gukora Imyigaragambyo Mpuzamahanga Yibasira u Rwanda, Umwuka wa Makimbirane Ukomeza Gukara mu Karere

Perezida Ndayishimiye Yongeye Kuvuga Amagambo Akakaye Ku Rwanda, Impungenge Zihita Ziyongera ku Mutekano w’Akarere Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kumvikana mu magambo akakaye afatwa n’abasesenguzi nkagashozantambara, ayerekeza...

Read moreDetails

Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye

by Bahanda Bruce
December 20, 2025
0
Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye

Loni Yongereye Manda ya MONUSCO mu Bwumvikane Hagati y’Ibihugu Bikomeye Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 19/12/2025, yemeje ku bwumvikane busesuye kongerera manda Ubutumwa...

Read moreDetails
Next Post
Ba Mai Mai barenga batanu n’imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y’Epfo

Ba Mai Mai barenga batanu n'imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?