• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 2, 2025
in Regional Politics
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Igihugu cy’u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byavugiwe mu kiganiro minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yagiranye na TV monde, aho yagaragaje ko imikoranire y’u Burundi na RDC iri mu bituma amasezerano u Rwanda na RDC byasinyanye atubahirizwa.

Yavuze ko kuba ingabo z’u Burundi n’iza RDC zigifite imikoranire imwe biri mubituma ibyo ibi bihugu byombi byemeranyije bidashyirwa mu bikorwa.

Tariki ya 27/06/2025, ni bwo u Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amahoro, nyuma y’ibiganiro ibihugu byombi byahurijwemo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika i Washington.

Ariko kuva aya masezerano ateweho umukono, gushyira mu bikorwa ingingo ziyagize byabaye ndanze.

Nduhungirehe avuga ko ibiganiro bya Washington DC bigenda neza, ariko ko ibikorwa bya leta y’i Kinshasa bihabanye na byo, kuko ikomeje kurenga ku byari byemejwe.

Yagize ati: “Ibiganiro by’i Washington DC biri kugenda neza, ariko Ingabo za RDC ziracyarenga ku gahenge, zikarasa ibisasu buri munsi. Hari kandi imvugo zibiba urwango zibasira Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda barimo Abanyamulenge.”

Nduhungirehe yagaragaje kandi ko kuba Leta ya Congo iri gukoresha abacanshuro b’ababanyamahanga, barimo abaturutse mu mutwe wa Blackwater n’ingabo z’u Burundi zirenga ibihumbi 14, 000 zoherejwe mu bice bitandukanye by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo na byo ari ikibazo kuri aya masezerano.

Ibyo yabivuze mu gihe Ingabo z’u Burundi zikomeje kwiyongera mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, aho zirimo gushinga ibirindiro mu Cyohagati nka hitwa Nyamara, Birarombili, Gitashya, Gipupu, Mikarati, Point Zero n’ahandi.

Ntakindi zigamije usibye kuburiza uburyo Abanyamulenge batuye muri iriya misozi, kuko zibangamiye ubuzima bwabo. Zibabuza kurema amasoko abonerwamo ibintu bakenera buri munsi, nk’amasabune, amavuta, isukari, imyunyu n’ibindi.

U Rwanda rwanaherukaga gusaba u Burundi kureka gukomeza imikoranire Ingabo zabwo zifitanye n’iza RDC, mu rwego rwo gufasha ibihugu byombi kubahiriza amasezerano byasinyanye.

Tags: AbanyamulengeAmasezeranoBubangamiyeRdcU BurundiU Rwanda
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Ba Mai Mai barenga batanu n’imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y’Epfo

Ba Mai Mai barenga batanu n'imbunda zabo bishyize mu maboko ya MRDP -Twirwaneho muri Kivu y'Epfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?