Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 18, 2024
in World News
0
U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwabuze umujenerali ukomeye.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

General Igor Kirillov w’Umurusiya yishwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru w’i Moscow.

Ku wa kabiri tariki ya 17/12/2024 ni bwo ikibombe cyahitanye ubuzima bw’umusirikare wari ukomeye wo mu ngabo z’u Burusiya.

Ni amakuru yatangajwe bwa mbere na Leta y’u Burusiya aho yavuze ko uyu musirikare ufite ipeti rya Jenerali yapfuye ku wa kabiri kandi ko yaguye ku muhanda mukuru w’umurwa mukuru, Moscow. Iki gisasu cya nishe n’abandi bantu babiri.

Leta yavuze ko uyu mujenerali wahitanywe n’icyo kibombe yari ashinzwe intwaro za nikereyeri.

Icyo kibombe cyaturitse mu gihe Jenerali Igor Kirillov na vice we bari bavuye gusura inyubako zikorerwamo ibikorwa byagisirikare ziherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’umurwa mu kuru w’u Burusiya.

Nk’uko abayobozi b’u Burusiya babisobanuye n’uko icyo gisasu cyaturitse cyari gihishe mu ipini ya moto yari iparitse mu mwinjuro w’iyo nyubako.
Ubwo cyaturikaga, cyamenaguye ibirahuri bya madirisha gitumura n’urwotsi rutumbagira mu kirere.

Jenerali Igor Kirillov wapfuye yari aheruka gushinjwa na Ukraine kuba itsinda ry’Ingabo yari ayoboye barakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara mu myaka itatu imaze muri Ukraine.

Ni mu gihe kandi mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka, u Bwongereza bwari bwa mufatiye ibihano bikakaye, bivuye ku kuba yarakoresheje intwaro z’ubumara mu ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine.

Tags: General Igor KirillovMoscowU Burusiyayapfuye
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?