• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in Regional Politics
0
Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yasubije abatangaje ko Jenerali Mtetezi yapfuye.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Abarwanyi ba maï maï bo mu mutwe wa FPDC ML, uyobowe na Jenerali Ebuela Mtetezi bahakanye amakuru yavugaga ko uyu komanda wabo yapfuye, bamenyesha ko ari muzima.

Mu minsi ibiri ishize ni bwo ku mbugankoranyambaga byagiye bitangazwa ko Ebuela Mtetezi yapfuye; byavugwaga ko yishwe arashwe kibandi, nk’uko biheruka kugendekera icyegera cye. Ubushize iki cyegera cye cyiciwe mu Mikenke.

Ni amakuru yavugaga ko na Mtetezi yishwe n’ingabo za FARDC. Ariko inyandiko abarwanyi ba FPDC ML bashize hanze bakoresheje imbuga, zivuga ko uyu murwanyi ari mu zima.

Ni inyandiko zanditse mu rurimi rw’igiswahili, aho zigira ziti “Kundi la FPDC ML lasema Jenerali Mtetezi Ebuela yuko hai,” ugenekereje mu Kinyamulenge bivuze ngo “Abarwanyi ba FPDC ML rimenyesha ko Jenerali Mtetezi Ebuela ari muzima.”

Zikomeza zivuga ko amakuru yavugaga ko yishwe arashwe ari “ibihuha byambaye ubusa.”

Iz’inyandiko za Maï Maï ntizigaragaza uwo bitiranyije na Jenerali Mtetezi Ebuela, ariko amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe n’uko hapfuye umu Esikoti wa Ebuela kandi wahoraga hafi ye.

Aya makuru anahamya neza ko yishwe ku mugoroba wo ku Cyumweru, bikavugwa ko yishwe kibandi aho bikekwa ko yaba yarishwe n’ingabo za FARDC.

Nk’uko bisobanurwa, nuko yiciwe hafi no mu Gipupu yicwa mu masaha y’umugoroba wajoro. Muri ibyo bice byo mu Mikenke na Gipupu, si igishitsi kumva ko FARDC yishe abarwanyi ba maï maï kabone nubwo bakorana byahafi.

Kuko mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo kandi insoresore z’Ababembe ku kagambane ka FARDC zarasiye mu Mikenke icyegera cya Jenerali Mtetezi Ebuela, Col.Bifaranga, akaba yariciwe hafi n’ibitaro bikuru bya Mikenke. Yarashwe ubwo yari yerekeje mu muhana w’Ababembe baho hafi.

Igitangaje kugeza ubu nta matohoza arakorwa ku rupfu rw’uwo muyobozi wo muri Maï Maï, kimwe n’uyu wapfuye ku Cyumweru.

Hagati aho umutekano ukomeje kujegajega mu Mikenke ndetse no mu nkengero zayo.

Tags: Maï MaïMikenke
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC ntibivuga rumwe ku isubikwa ry’ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi.

U Rwanda na RDC ntibivuga rumwe ku isubikwa ry'ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?