• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika y’u Rwanda bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko RDC igaragaje ko ishaka kurutera no gukomeza imikoranire yabo na FDLR.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, binyuze muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’u butwererane.

Iri tangazo rivuga ko u Rwanda rutewe impungenge bikomeye no kurenga ku myanzuro ya Luanda na Nairobi bikorwa na leta ya Kinshasa, ndetse n’ibindi b’ihugu bikomeje gutera inkunga mu buryo bwa gisirikare bafasha ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iri tangazo rya Guverinoma y’u Rwanda, rikomeza rivuga ko ibi bitero bigamije kwirukana abagize umutwe wa M23, ndetse n’abasivile b’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda (Tutsi) mu gihugu cyabo, bakerekeza iyu buhingiro.

U Rwanda rukomeza ruvuga ko ibi bitero biri kugabwa muri Kivu y’Amajyaruguru, bikorwa n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n’umutwe wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu 1994.

Muri iryo tangazo u Rwanda rukavuga kandi ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwa naniwe ku bungabunga uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, bikaba byaratumye aba barirwa mu bihumbi bamaze imyaka myinshi ari impunzi mu Bihugu byo muri Afrika y’iburasirazuba, ndetse ko basa nka bibagiranye.

U Rwanda ruvuga ruti: “FDLR yamaze kwinjizwa byuzuye mu gisirikare cya FARDC nk’uko byakomeje gusubirwamo n’inyandiko z’i mpuguke z’itsinda rya L’ONI.

Leta ya perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ivuga ko umutekano w’u Rwanda ugenda ujya mu kaga, bityo ko iki kibazo cya M23 kigomba gukemuka vuba mu nzira za politike bikozwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

U Rwanda ruti: “Nta bwo iki kibazo bizemerwa ko cyegekwa hanze ngo kigere ku Rwanda.”

U butegetsi bw’u Rwanda bukomeza bugira buti: “Inzego z’u buyobozi n’iza politike za RDC, zirimo na perezida Félix Tshisekedi, basubiyemo kenshi ko bifuza gutera u Rwanda bagahindura Guverinoma yarwo hakoreshejwe imbaraga za gisirikare. U Rwanda rwa bifashe nk’i bikomeye kandi rugira nicyo rukora . Muri byo bashize ho ingamba zo kurinda umutekano wo mu kirere n’ubusugire bw’u butaka bw’u Rwanda, no kuburizamo icya hungabanya umutekano kinyuze mu kirere, nyuma y’uko habayeho igitero cya za drone z’inshinwa zo mu bwoko bwa CH-4 zigisirikare cya RDC kuva mu mwaka w’ 2023, ndetse no kuvogera ikirere cy’u Rwanda bya kozwe n’indege z’intambara zigisirikare cya RDC ( FARDC).”

Itangazo ry’u Rwanda rigasoza rivuga ko itangazo rya shizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ryo ku itariki ya 17/02/2024 ko rigaragaza ku irengangiza gukomeye ku ibyakozwe na Congo, ndetse bakaba bavuguruza ingamba zafashwe n’umuyobozi w’urwego rw’u batasi bwa Amerika mu kwezi kwa Cumi numwe mu mwaka w’2023 ndetse ubwo uwo muyobozi yagendereraga u Rwanda, yagaragarijwe ukuri ko nta basirikare b’u Rwanda bari k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. U Rwanda rusaba ko Guverinoma ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yatanga ibisobanuro bwi mbitse kuri icyo kibazo; rwa boneyeho kandi kwibutsa iki gihugu ko mu kwezi kwa Cumi nabiri 2001 cyashize umutwe wa ALIR waje guhinduka FDLR, ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba, ariko ukaba ukomeje gukorana n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

MCN.

Tags: Bwerekanye uko buhagazeNyuma y'uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u RwandaPaul KagameU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?