• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika y’u Rwanda bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko RDC igaragaje ko ishaka kurutera no gukomeza imikoranire yabo na FDLR.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yashize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024, binyuze muri minisiteri y’ubanye n’amahanga n’u butwererane.

Iri tangazo rivuga ko u Rwanda rutewe impungenge bikomeye no kurenga ku myanzuro ya Luanda na Nairobi bikorwa na leta ya Kinshasa, ndetse n’ibindi b’ihugu bikomeje gutera inkunga mu buryo bwa gisirikare bafasha ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iri tangazo rya Guverinoma y’u Rwanda, rikomeza rivuga ko ibi bitero bigamije kwirukana abagize umutwe wa M23, ndetse n’abasivile b’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda (Tutsi) mu gihugu cyabo, bakerekeza iyu buhingiro.

U Rwanda rukomeza ruvuga ko ibi bitero biri kugabwa muri Kivu y’Amajyaruguru, bikorwa n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n’umutwe wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu 1994.

Muri iryo tangazo u Rwanda rukavuga kandi ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwa naniwe ku bungabunga uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, bikaba byaratumye aba barirwa mu bihumbi bamaze imyaka myinshi ari impunzi mu Bihugu byo muri Afrika y’iburasirazuba, ndetse ko basa nka bibagiranye.

U Rwanda ruvuga ruti: “FDLR yamaze kwinjizwa byuzuye mu gisirikare cya FARDC nk’uko byakomeje gusubirwamo n’inyandiko z’i mpuguke z’itsinda rya L’ONI.

Leta ya perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ivuga ko umutekano w’u Rwanda ugenda ujya mu kaga, bityo ko iki kibazo cya M23 kigomba gukemuka vuba mu nzira za politike bikozwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

U Rwanda ruti: “Nta bwo iki kibazo bizemerwa ko cyegekwa hanze ngo kigere ku Rwanda.”

U butegetsi bw’u Rwanda bukomeza bugira buti: “Inzego z’u buyobozi n’iza politike za RDC, zirimo na perezida Félix Tshisekedi, basubiyemo kenshi ko bifuza gutera u Rwanda bagahindura Guverinoma yarwo hakoreshejwe imbaraga za gisirikare. U Rwanda rwa bifashe nk’i bikomeye kandi rugira nicyo rukora . Muri byo bashize ho ingamba zo kurinda umutekano wo mu kirere n’ubusugire bw’u butaka bw’u Rwanda, no kuburizamo icya hungabanya umutekano kinyuze mu kirere, nyuma y’uko habayeho igitero cya za drone z’inshinwa zo mu bwoko bwa CH-4 zigisirikare cya RDC kuva mu mwaka w’ 2023, ndetse no kuvogera ikirere cy’u Rwanda bya kozwe n’indege z’intambara zigisirikare cya RDC ( FARDC).”

Itangazo ry’u Rwanda rigasoza rivuga ko itangazo rya shizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ryo ku itariki ya 17/02/2024 ko rigaragaza ku irengangiza gukomeye ku ibyakozwe na Congo, ndetse bakaba bavuguruza ingamba zafashwe n’umuyobozi w’urwego rw’u batasi bwa Amerika mu kwezi kwa Cumi numwe mu mwaka w’2023 ndetse ubwo uwo muyobozi yagendereraga u Rwanda, yagaragarijwe ukuri ko nta basirikare b’u Rwanda bari k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. U Rwanda rusaba ko Guverinoma ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yatanga ibisobanuro bwi mbitse kuri icyo kibazo; rwa boneyeho kandi kwibutsa iki gihugu ko mu kwezi kwa Cumi nabiri 2001 cyashize umutwe wa ALIR waje guhinduka FDLR, ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba, ariko ukaba ukomeje gukorana n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

MCN.

Tags: Bwerekanye uko buhagazeNyuma y'uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u RwandaPaul KagameU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, bazindukiye mu myigaragabyo yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?