• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byashyizeho amahame abiganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Aya mahame byayagiranye ku itariki ya 01/08/2025, i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Muri iki gikorwa u Rwanda rwari rugihagarariwemo n’umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubanyi n’amahanga n’inganda, Antoine Marie Kajangwe, mu gihe RDC yo yari ihagariwe n’inzobere mu rwego rw’ubukungu, Amerika na yo yari ihagariwe n’Umujyanama wayo mu bufatanye na Afrika, Massad Boulos.

Amerika yavuze ko aya mahame agaragaza icyerekezo gihuriweho mu gukemura ibibazo bimaze igihe mu karere k’ibiyaga bigari, no guharanira iterambere rusange.

Ibi bihugu byombi byiyemeje gukuraho burundu ibikorwa bijyanye n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro kuko bigaragara ko bigira uruhare rukomeye mu guhungabanya amahoro, umutekano n’imihembere myiza mu karere.

Bihamya ko iterambere ry’urwego rw’ingufu n’ibikorwaremezo ari ingenzi ku iterambere ry’inganda, cyane cyane mu rwego rw’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro ndetse no mu iterambere ry’imiyoborere y’abaturage.

Ibi bihugu kandi byiyemeje gushakisha ahantu byafatanya, cyane cyane mu bikorwaremezo mpuzamipaka, ibyanya by’inganda bihuriyeho, ubukerarugendo bw’ambukiranya imipaka n’amasoko mpuzamahanga, hagamijwe ukwishyira hamwe kw’akarere n’iterambere rirambye nk’inkingi y’amahoro arambye.

Bikaba bigiye gukorana kugira ngo byongere umusaruro w’ingufu z’amashyanyarazi zitunganywa, kugira ngo ibikorwa by’inganda n’abaturage bigende neza.

U Rwanda na RDC byiyemeje gufatanya mu bikorwaremezo bibifitiye akamaro byombi, cyane cyane ibyo ku rwego rw’ubucuruzi, ububiko bw’ibikoresho, ibijyanye n’isakazabumenyi n’itumanaho, amasoko ndetse no kureshya ishoramari ngo baze bashore imari mu mishyinga y’akarere.

Byagaragaje ko iyi mishinga igomba guhuzwa n’umuhora wa Lobito uzubakwamo umuhanda wa gari ya moshi uhuza icyambu cya Lobito muri Angola na RDC ndetse na Zambia kugira ngo woroshye ubwikorezi.

Ibi byose Amerika irabishigikiye, kandi ni na yo yagize uruhare runini kugira ngo bibigereho.

Tags: AmahameRdcU Rwanda
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?