• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.

You might also like

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byashyizeho amahame abiganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Aya mahame byayagiranye ku itariki ya 01/08/2025, i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Muri iki gikorwa u Rwanda rwari rugihagarariwemo n’umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubanyi n’amahanga n’inganda, Antoine Marie Kajangwe, mu gihe RDC yo yari ihagariwe n’inzobere mu rwego rw’ubukungu, Amerika na yo yari ihagariwe n’Umujyanama wayo mu bufatanye na Afrika, Massad Boulos.

Amerika yavuze ko aya mahame agaragaza icyerekezo gihuriweho mu gukemura ibibazo bimaze igihe mu karere k’ibiyaga bigari, no guharanira iterambere rusange.

Ibi bihugu byombi byiyemeje gukuraho burundu ibikorwa bijyanye n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro kuko bigaragara ko bigira uruhare rukomeye mu guhungabanya amahoro, umutekano n’imihembere myiza mu karere.

Bihamya ko iterambere ry’urwego rw’ingufu n’ibikorwaremezo ari ingenzi ku iterambere ry’inganda, cyane cyane mu rwego rw’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro ndetse no mu iterambere ry’imiyoborere y’abaturage.

Ibi bihugu kandi byiyemeje gushakisha ahantu byafatanya, cyane cyane mu bikorwaremezo mpuzamipaka, ibyanya by’inganda bihuriyeho, ubukerarugendo bw’ambukiranya imipaka n’amasoko mpuzamahanga, hagamijwe ukwishyira hamwe kw’akarere n’iterambere rirambye nk’inkingi y’amahoro arambye.

Bikaba bigiye gukorana kugira ngo byongere umusaruro w’ingufu z’amashyanyarazi zitunganywa, kugira ngo ibikorwa by’inganda n’abaturage bigende neza.

U Rwanda na RDC byiyemeje gufatanya mu bikorwaremezo bibifitiye akamaro byombi, cyane cyane ibyo ku rwego rw’ubucuruzi, ububiko bw’ibikoresho, ibijyanye n’isakazabumenyi n’itumanaho, amasoko ndetse no kureshya ishoramari ngo baze bashore imari mu mishyinga y’akarere.

Byagaragaje ko iyi mishinga igomba guhuzwa n’umuhora wa Lobito uzubakwamo umuhanda wa gari ya moshi uhuza icyambu cya Lobito muri Angola na RDC ndetse na Zambia kugira ngo woroshye ubwikorezi.

Ibi byose Amerika irabishigikiye, kandi ni na yo yagize uruhare runini kugira ngo bibigereho.

Tags: AmahameRdcU Rwanda
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n'ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro. Umuryango w'Abibumbye wavuze ko hari ibihugu 32 birimo 16 byo...

Read moreDetails

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

U Burundi buraramutswa minisitiri w'intebe mushya. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, ari we Nestor Ntahontuye. Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, nibwo...

Read moreDetails

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

by minebwenews
August 5, 2025
0
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia-Eritrea Border Tensions Escalate as Troops and Heavy Weaponry Deploy Near AssabAddis Ababa. August 5, 2025 Reports confirmed Tensions between Ethiopia and Eritrea have reached a critical point as...

Read moreDetails

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zigiye kohereza abimukira 250 mu Rwanda nyuma y'aho ibi bihugu byombi bibyumvikanyeho. Ni amakuru yemejwe n'umuvugizi w'u Rwanda, Yolande...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko igihugu cye ko kizakomeza kwitabira ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?