Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwaganiriye na Qatar ku mutekano wo mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

U Rwanda rwongeye guhurira na Qatar mu biganiro bigamije gushakira amahoro n’ituze u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi biganiro ku ruhande rw’u Rwanda by’itabiriwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga warwo, Olivier Nduhungurehe, mu gihe Qatar yo hitabiriye minisitiri w’intebe, Sheikh Mohammed Bin. Nk’uko biri byabaye uyu munsi kuri iki cyumweru tariki ya 01/06/2025.

Impande zombi zaganiriye ku mbaraga zakorwa kugira ngo umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo utuze, ndetse haboneke n’umuti urambye ushingiye ku kurandura impamvu shingiro z’umutekano muke mu Burasizuba bwa RDC.

Banaganiriye ku mubano w’ibi bihugu byombi nuko byarushaho kunoza ubufatanye mu mikoranire.

Aba bayobozi bombi bahuye mu gihe uyu wa Qatar yari aheruka kugirana ibiganiro na perezida wa komisiyo y’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, Muhamad Ali Youssouf uri muri icyo gihugu, na byo byibanze ku guhosha umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo.

Qatar yiyemeje kuba umuhuza hagati y’ibihugu byombi mu gushaka umwuka mwiza ndetse no mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka yahuje perezida w’u Rwanda n’uwa RDC wari wararahiye ko atazongera guhurira na we ku Isi.

Icyo gihe perezida Kagame na Tshisekedi bashimiye Qatar ku biganiro byiza byafashije kubaka icyizere mu rugendo rugamije gushakira amahoro arambye RDC n’akarere kose muri rusange.

Tags: ibiganiroQatarU Rwanda
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi.

Uganda: Bobi Wine yiswe Umurundi. Umunyapolitiki, Robert Ssentamu uzwi cyane nka Bobi Wine, akaba arwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, yiswe Umurundi. Bikubiye mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?