• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ba canshuro RDC yongeye kwiyambaza banagaragaye i Kisangani ari benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 1, 2025
in Conflict & Security
0
U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ba canshuro RDC yongeye kwiyambaza banagaragaye i Kisangani ari benshi
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ba canshuro RDC yongeye kwiyambaza banagaragaye i Kisangani ari benshi

You might also like

Impaka ku mafaranga arenga miliyoni 11$ yakoreshejwe mu ngendo za Perezida Félix Tshisekedi

AFC/M23 Yashyizeho Abayobozi Bakuru Bashinzwe Ibiro by’Ubutegetsi

Umuriro Ingabo z’u Burundi Zacaniye Abanyamulenge Birangiye Ari zo Ziwuguyemo

U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w’ubanye n’amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko igihugu cye yizeye ko kitazongera gusabwa guha inzira abacanshuro mu gihe bakongera gufatirwa mu ntambara ibera muri Congo nk’uko byagenze mu ntangiriro z’uyu mwaka turimo.

Mu butumwa Nduhungirehe yatambukije akoresheje x asubiza minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’umutekano muri RDC, Jacquemain Shabani wavuze ko igihugu cye ko gikomeje gukoresha abacanshuro, ndetse yirata ko haje abo muri Blackwater.

Nduhungirehe mu kumusubiza
yagize ati: “Yavuze ko gukoresha abacanshuro bihabanye n’amategeko mpuzamahanga byumwihariko ayashyizweho muri 1977.”

Yongeye ati: “Ubwo abacanshuro bafashaga FARDC bakorwaga n’isoni bagakubitwa na M23 i Goma mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, bahawe inzira bakanyura i Rwanda bataha iwabo.”

Nduhungirehe yavuze ko ibyo bitatanze isomo, ngo kubera ko RDC yongeye kwiyambaza bariya bacanshuro b’Abanyacolombia, binyuze muri Blackwater iyowe n’umunyamerika witwa Eric Prince.

Avuga kandi ko ibyo bihabanye n’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ndetse n’amahame yasinywe hagati ya RDC na AFC/M23 i Doha muri Qatar.

Minisitiri Nduhungirehe yavuze kandi ko yizeye ko u Rwanda rutazongera gusabwa korohereza icyurwa ry’aba bacanshuro mu gihe bokongera gukubitawa. Ni mu gihe mu kwezi kwa mbere uyu mwaka ubwo AFC/M23 yafataga umujyi wa Goma, mu bo yawukubitiyemo harimo abacanshuro b’Abanyaburayi RDC yari yariyambaje.

Aba nyuma y’aho bakubiswe baje gusaba u Rwanda inzira kugira ngo batahe iwabo, rurayibaha barataha.

Ibyo bivuzwe kandi mu gihe hagaragajwe amashusho y’aba barwanyi ba bacancuro bo mu itsinda rya Blackwater bari mu modoka z’imirwano. Bakaba bagaragajwe bari ku manuka mu imisozi iherereye i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Bisobanurwa ko ari abaje gufatanya na FARDC kurwanya umutwe wa AFC/M23.

Tags: AbacanshuroBlackwaterKisangani
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka ku mafaranga arenga miliyoni 11$ yakoreshejwe mu ngendo za Perezida Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Impaka ku mafaranga arenga miliyoni 11$ yakoreshejwe mu ngendo za Perezida Félix Tshisekedi

Impaka ku mafaranga arenga miliyoni 11$ yakoreshejwe mu ngendo za Perezida Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano n’ubukungu, ingendo...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashyizeho Abayobozi Bakuru Bashinzwe Ibiro by’Ubutegetsi

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashyizeho Abayobozi Bakuru Bashinzwe Ibiro by’Ubutegetsi Ihuriro rya politiki n’igisirikare rizwi ku izina rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryafashe icyemezo gishya kigamije kunoza imiyoborere n’imikorere y’inzego zaryo...

Read moreDetails

Umuriro Ingabo z’u Burundi Zacaniye Abanyamulenge Birangiye Ari zo Ziwuguyemo

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

Umuriro Ingabo z’u Burundi Zacaniye Abanyamulenge Birangiye Ari zo Ziwuguyemo Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Ingabo za RDC Zagabye Igitero i Mushaki, Abasivili Benshi Bahasiga Ubuzima

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Ingabo za RDC Zagabye Igitero i Mushaki, Abasivili Benshi Bahasiga Ubuzima

Ingabo za RDC Zagabye Igitero i Mushaki, Abasivili Benshi Bahasiga Ubuzima Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ingabo za...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryigaruriye...

Read moreDetails
Next Post
Abayobozi ba AFC/M23 bavuze ku gihano cy’urupfu RDC yakatiye Joseph Kabila

Abayobozi ba AFC/M23 bavuze ku gihano cy'urupfu RDC yakatiye Joseph Kabila

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?