• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

You might also like

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC”

U Burundi Bwamaganye Itangazo rya AFC/M23 ku Kuvana Ingabo muri Uvira, Buryita Amayeri Yo Kuyobya Amahanga

U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza, nyuma y’ibirwa bya Maurice.

Ni byasohowe n’ikigo cy’imiyoborere cyo muri Singapore, aho cyashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri, mu gihe Ibirwa bya Maurice byashyizwe ku mwanya wa mbere.

Nk’uko bigaragara, iki cyegeranyo cyakozwe ku bihugu bisaga 120 ku isi birimo 28 byo muri Afrika, u Rwanda n’u Budage byaje ku mwanya wa 59 ku isi bigakurikirwa na Botswana ku mwanya wa 61, Maroc ku wa 75 na Afrika y’Epfo ku wa 77.

Bivugwa ko umutekano w’u Rwanda usesuye, ari na byo byatumye ruza kw’isonga ku bihugu byo muri Afrika.

Mu byatumye u Rwanda rushyirwa ku mwanya wa kabiri harimo kuba rufite ubuyobozi bwiza bureba kure, kugira ubuyobozi bureba kure bifite icyerekezo no kujyana n’impinduka z’ibihe.

Ibihugu biza ku isonga ku rwego rw’isi mu kugira imiyoborere myiza byashyizwe ku rutonde ni Singapore yafashe umwanya wa mbere, ikurikirwa na Denmark, Norvege, Finlande, Suede, u Busuwisi n’ibindi.

Byatangajwe ko mu myaka itanu ibihugu bisaga 45 ari byo byazamutse ku isi mu gihe ibigera kuri 57 byasubiye inyuma mu rwego rw’imiyoborere.

Tags: Imiyoborere myizaRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba Nubwo hakomeje kugaragara urugomo n’intonganya zikaze mu mvugo...

Read moreDetails

Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC”

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC”

Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC” Ifatwa ry’umujyi wa Uvira, uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba...

Read moreDetails

U Burundi Bwamaganye Itangazo rya AFC/M23 ku Kuvana Ingabo muri Uvira, Buryita Amayeri Yo Kuyobya Amahanga

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
U Burundi Bwamaganye Itangazo rya AFC/M23 ku Kuvana Ingabo muri Uvira, Buryita Amayeri Yo Kuyobya Amahanga

U Burundi Bwamaganye Itangazo rya AFC/M23 ku Kuvana Ingabo muri Uvira, Buryita Amayeri Yo Kuyobya Amahanga Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yamaganye byimazeyo itangazo ryasohowe n’ihuriro...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barimo Gucyurwa Banyuze mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
Abasirikare b’u Burundi barimo Gucyurwa Banyuze mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho

Abasirikare b’u Burundi barimo Gucyurwa Banyuze mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Amakuru aturuka mu Ntara ya Kivu y’Epfo aravuga ko abasirikare b’u Burundi bari...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yatangaje Ikizatuma Irekura Abasirikare b’u Burundi Amagana Yafatiye ku Rugamba

by Bahanda Bruce
December 16, 2025
0
AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yatangaje Ikizatuma Irekura Abasirikare b’u Burundi Amagana Yafatiye ku Rugamba

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yatangaje Ikizatuma Irekura Abasirikare b’u Burundi Amagana Yafatiye ku Rugamba Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryiteguye...

Read moreDetails
Next Post
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Hahishuwe indwara Abanyamulenge bari muri Leta ya RDC barwaye ituma bifatanya na yo n'iy'u Burundi kwica benewabo, hanavugwa n'umubare w'Ingabo z'u Burundi zoherejwe iwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?