Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 24, 2025
in Religion
0
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

You might also like

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Umuhanuzi w’Imana akanaba n’Umushyumba muri rimwe mu matorero y’Abanyamulenge aherereye i Mbarara muri Uganda, Pasiteri Sadoki Kavoma yavuze ko Imana yamubwiye ko Repubulika ya demokarasi ya Congo izacikamo ibice bitatu, kandi ko ibyo kugira ngo bizagerweho hazabanza kwaduka intambara ikomeye.

Hari mukiganiro uyu muhanuzi w’Imana Pasiteri Kavoma yagiranye na Minembwe Capital News ku mugoroba wo ku wa kane tariki ya 24/04/2025.

Yagaragaje ko Congo izacikamo ibice bitatu, avuga ko ibyo bice ari Katanga, Kivu zombi (Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru) na Kasai.

Yakomeje avuga ko ibyo kugira ngo bizagerweho, Imana yamweretse ko hazabanza kuba intambara zikomeye zikayogoza igihugu cyose, ahanini mu Burasizuba bwacyo.

Kimwecyo, yavuze ko iyi ntambara tubona kuri none, izabanza gutanga agahenge, ndetse ko muri ako gahenge abantu benshi bazakabonamo utuzi, banakore cyane, ariko ko Imana yamubwiye ko kazaba aki gihe gito!

Uyu muhanuzi w’Imana yagaragaje kandi ko uduce abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bafashe bazatugumamo, kandi banatuyobore, maze ngo nyuma havuke intambara y’amakundura. Ahamya ko iyo ntambara izaba ari yo yanyuma.

Ni intambara uyu muhanuzi yavuze ko ari yo izasiga ihitanye ubuzima bwa perezida Felix Tshisekedi, ngo nyuma yuko azaba yahiritswe k’ubutegetsi (coup d’etat).

Ariko ngo nyuma y’urupfu rwa Tshisekedi, intambara ikomeye izahita ivukira mu bice by’umushasha, ubwo ni mu Kibaya cya Rusizi, Uvira na Baraka muri Kivu y’Amajyepfo.

Yageze aha ahita agira ati: “Mu mushyasha hazaba intambara itarigeze kubaho! Ariko izaba nyuma y’aho Tshisekedi azaba yapfuye.”

Hujuru y’ibyo, umuhanuzi w’Imana yavuze ko intambara y’i Mulenge ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge, yararangiye, kandi ko ubutsinzi ari ubwabahokomoka, ngo kuko Imana yabababariye.

Ati: “I Mulenge, Imana yambwiye ko intambara y’aho yarangiye. Kandi imbwira ko ubutsinzi ibuhaye abahavuka.”

Yongeyeho kandi ati: “Iriya mirwano mubona igikomeje kubera iwacu, ni Imana iyitera kugira Abanyamulenge batazirara. Intambara ikaze izabera ku mushyasha, naho iwacu ni nkakurya kwa mashahi ahita ako kanya.”

Ikindi yavuze ni uko nyuma y’urupfu rwa Tshisekedi, Abanyamulenge bazatabara igihugu cyabo ku bwinshi, anagaragaza ko Imana yamuhishuriye ko hari n’igihe kizagera hagatabara abasaza bafite imyaka 90. Ubundi kandi abatazatabara bazafatwa bajanwe ku mbaraga, kandi ngo bajanwe nabi!

Ari nabwo ngo abo ku ruhande rwa Leta bazaja bapfa ku bwinshi, ibizatuma bamwe muri bo biyahura, kandi isoni ngo zikazaba kubarwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Maze ngo nyuma yuko Congo, intambara izaba yarangiye, izahita ifatira ibindi bihugu birimo ibyo mu karere u Burundi na Tanzania, ariko ko izahita irangirira aha muri Tanzania.

Tags: CongoIzacikamoUbuhanuzi
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze. Astro Sharmish, umuhanuzi w'Imana wo mu gihugu cy'u Buhinde, byatangajwe ko yari amaze igihe ahanuye ibyago bizaba muri...

Read moreDetails

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

by Bruce Bahanda
June 8, 2025
0
Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Inshingano z'Umwuka wera mu itorero n'izihe? Umukozi w'Imana, Reverend Bizimana Misigaro, uyoboye itorero rya All National Assembly of God rizwi cyane nka Philadelphia, mu giterane cyahuje amatorero umunani...

Read moreDetails

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

Ibyo wa menya ku ntwaro zidasanzwe RDC iri kugura mu Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?