• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in Religion
0
Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuhanuzi bukomeye kuri RDC, nyuma ya Tshisekedi hazaduka intambara itarigeze kubaho.

Umuhanuzi w’Imana akanaba n’Umushyumba muri rimwe mu matorero y’Abanyamulenge aherereye i Mbarara muri Uganda, Pasiteri Sadoki Kavoma yavuze ko Imana yamubwiye ko Repubulika ya demokarasi ya Congo izacikamo ibice bitatu, kandi ko ibyo kugira ngo bizagerweho hazabanza kwaduka intambara ikomeye.

READ ALSO

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

Hari mukiganiro uyu muhanuzi w’Imana Pasiteri Kavoma yagiranye na Minembwe Capital News ku mugoroba wo ku wa kane tariki ya 24/04/2025.

Yagaragaje ko Congo izacikamo ibice bitatu, avuga ko ibyo bice ari Katanga, Kivu zombi (Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru) na Kasai.

Yakomeje avuga ko ibyo kugira ngo bizagerweho, Imana yamweretse ko hazabanza kuba intambara zikomeye zikayogoza igihugu cyose, ahanini mu Burasizuba bwacyo.

Kimwecyo, yavuze ko iyi ntambara tubona kuri none, izabanza gutanga agahenge, ndetse ko muri ako gahenge abantu benshi bazakabonamo utuzi, banakore cyane, ariko ko Imana yamubwiye ko kazaba aki gihe gito!

Uyu muhanuzi w’Imana yagaragaje kandi ko uduce abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bafashe bazatugumamo, kandi banatuyobore, maze ngo nyuma havuke intambara y’amakundura. Ahamya ko iyo ntambara izaba ari yo yanyuma.

Ni intambara uyu muhanuzi yavuze ko ari yo izasiga ihitanye ubuzima bwa perezida Felix Tshisekedi, ngo nyuma yuko azaba yahiritswe k’ubutegetsi (coup d’etat).

Ariko ngo nyuma y’urupfu rwa Tshisekedi, intambara ikomeye izahita ivukira mu bice by’umushasha, ubwo ni mu Kibaya cya Rusizi, Uvira na Baraka muri Kivu y’Amajyepfo.

Yageze aha ahita agira ati: “Mu mushyasha hazaba intambara itarigeze kubaho! Ariko izaba nyuma y’aho Tshisekedi azaba yapfuye.”

Hujuru y’ibyo, umuhanuzi w’Imana yavuze ko intambara y’i Mulenge ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge, yararangiye, kandi ko ubutsinzi ari ubwabahokomoka, ngo kuko Imana yabababariye.

Ati: “I Mulenge, Imana yambwiye ko intambara y’aho yarangiye. Kandi imbwira ko ubutsinzi ibuhaye abahavuka.”

Yongeyeho kandi ati: “Iriya mirwano mubona igikomeje kubera iwacu, ni Imana iyitera kugira Abanyamulenge batazirara. Intambara ikaze izabera ku mushyasha, naho iwacu ni nkakurya kwa mashahi ahita ako kanya.”

Ikindi yavuze ni uko nyuma y’urupfu rwa Tshisekedi, Abanyamulenge bazatabara igihugu cyabo ku bwinshi, anagaragaza ko Imana yamuhishuriye ko hari n’igihe kizagera hagatabara abasaza bafite imyaka 90. Ubundi kandi abatazatabara bazafatwa bajanwe ku mbaraga, kandi ngo bajanwe nabi!

Ari nabwo ngo abo ku ruhande rwa Leta bazaja bapfa ku bwinshi, ibizatuma bamwe muri bo biyahura, kandi isoni ngo zikazaba kubarwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Maze ngo nyuma yuko Congo, intambara izaba yarangiye, izahita ifatira ibindi bihugu birimo ibyo mu karere u Burundi na Tanzania, ariko ko izahita irangirira aha muri Tanzania.

Tags: CongoIzacikamoUbuhanuzi

Related Posts

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama
Religion

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

September 6, 2026
Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana
Religion

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

September 2, 2026
ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje
Religion

ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje

August 31, 2026
Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”
Religion

Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”

August 27, 2026
“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”
Religion

“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”

August 16, 2026
Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo
Religion

Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo

August 12, 2026
Next Post
Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.

Ibyo wa menya ku ntwaro zidasanzwe RDC iri kugura mu Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?