• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya ku ntwaro zidasanzwe RDC iri kugura mu Bushinwa.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye intwaro 3 zikaze igisirikare cya RDC kirimo kugura zigifasha guhashya AFC/M23.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku ntwaro zidasanzwe RDC iri kugura mu Bushinwa.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo buri mu biganiro n’ikigo cy’u Bushinwa gishyinzwe kohereza no gutumiza mu mahanga indege kizwi nka Catic, kugira ngo kibugurisheho indege z’intambara zitagira abapilote zizwi nka drones.

Ni biganiro amakuru agaragaza ko byatangiye mu mezi abiri ashize, aho igisirikare cya RDC cyamaze kubyinjiramo nakiriya kigo cy’Abashinwa cya Cetic.

Congo iteganya kwifashisha izi drones zo mu bwoko bwa Wing Loong II kugira ngo igerageze amahirwe yo kwisubiza ibice M23 yayambuye mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Izi drones zizwiho kuba zigira uburemere bugera ku bilo 4200, mu gihe uburebure bwo ari metero 11 n’aho amababa akaba afite uburebure bwa metero zigera kuri 20.5.

Zifite kandi ubushobozi bwo kugera mu bilometero 10 ugana mu kirere; ubundi kandi kugera kwayo i Goma ivuye i Kinshasa bikaba byayitwara amasaha ane kuko ikoresha umuvuduko wa kilometero 370 ku isaha.

Ibiganiro hagati y’impande zombi byatangiye kuva tariki ya 2/02/2025 ubwo minisitiri w’ingabo wa RDC, Guy Kabombo Muadiamvita yagiriraga uruzinduko i Beijing. Hari hashyize iminsi itanu abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bafashe umujyi wa Goma.

Minisitiri Guy Kabombo Muadiamvita yagiye mu Bushinwa nyuma yo gusaba uruhushya minisitiri w’intebe, Judith Suminwa Tuluku, amumenyesha ko drones 5 ari zo zikenewe cyane.

Leta ya Kinshasa yemeye kwishyura izi drones miliyoni 172 z’amayero, ariko ikibazo kugira ngo abasirikare bayo bamenye kuzikoresha, bisaba ko bahabwa amahugurwa mu Bushinwa ashobora kumara amezi ane, nk’uko Africa intelligence dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Cetic na yo yemeye ko mu gihe izi drones zaba zimaze kugera muri RDC, iba ifite inshingano yo kuzitunganya ku buntu, zibaye zigize ikibazo gisabye tekinike, mu gihe cy’imyaka itanu.

Biteganyijwe ko mu mpera z’uyu mwaka ari bwo RDC izakira izi drones, kandi zikazaba ziri kumwe n’amakompola zikoresha arimo FT-10, misili za PL-10 na HJ-10 ndetse na roketi za BRM-1.

Ahagana mu mwaka wa 2023 no muri uyu mwaka ushize wa 2024, ikigo cya Casc na cyo cyo mu Bushinwa cyari cyarahaye RDC izindi drones zo mu bwoko bwa CH-4 ariko birangira zimwe muri zo zihanuwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23, mu gihe hari indi yashwanyagurikiye ku kibuga cy’indege cya Kavumu i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma yuko yari yagonzwe n’ikamyo.

Ku rundi ruhande, mu mpera z’umwaka ushize, hashingiwe ku masezerano ikigo cya Beltech cyo muri Belarus cyagiranye na RDC, uruganda UAVHELI rwohereje i Kinshasa izindi drones nubwo umubare nyawo utatangajwe.

Ubundi kandi iki gihugu cya Belarus cyanohereje n’abarimu i Kisangani mu ntara ya Tshopo guhugura ingabo za Congo, ahanini bakaba barabigishije ibijyanye no gukoresha drones, ariko M23 ikaba yarafashe zimwe muri izo drones ubwo yafataga umujyi wa Goma.

Tags: RdcWing Loong
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.

M23 yafashe akandi gace k'i ngenzi ko muri Walungu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?