Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bwasabye iperereza ry’Imbitse ku matora aheruka kuba muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
6
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika birasaba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba muri icyo gihugu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru niho Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, basohoye itangazo rimenyesha ko perezida Félix Tshisekedi, kwa riwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu, ni nyuma y’uko CENI tariki ya 31/12/2023, yari yatangaje amajwi y’agateganyo ivuga ko Tshisekedi yegukanye intsinzi ku mwajwi 73, 47%.

Gusa abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje gusaba ko amatora yasubirwamo bundi bushya, aho barimo bagaragaza ko batizera ibya vuye mu matora, aba bakandida barimo Martin Fayulu, Dr Denis Mukwege, Moïse Katumbi n’abandi, bashinja Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora kuba barakoresheje uburiganya no gukorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bi baviramo guha intsinzi perezida Félix Tshisekedi, atigeze ahabwa n’abaturage ba RDC.

Ni kenshi Moïse Katumbi na bagenzi be barimo Martin Fayulu ndetse na Dr Denis Mukwege, bakomeje gutangaza ko Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ahagarikwa kuri uwo mwanya ndetse agatabwa muriyombi.

Aha rero niho ibiro by’u mukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashize itangazo hanze risaba ubutegetsi bwa Kinshasa kureka hakaba isuzuma ryi mbitse ku matora aheruka kuba, kuya 20/12/2023 muri RDC.

Amerika yagize ati: “Leta ya Amerika irihanangiriza abategetsi ba Congo, kureka hakaba isuzuma ryi mbitse no kurebera hamwe icyaba kiri guhungabanya umutekano wa baturage ku byerekeye Amatora aheruka kuba muri icyo gihugu.”

Bakomeje bavuga bati: “Habazwe kohoba harabaye guhungabanya ubushake bwa baturage, igikenewe cyihutirwa ni ukumenya ubushake bwa baturage.”

Bibaye mugihe Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwaraye rushikirije perezida Félix Tshisekedi, ibarua imumenyesha ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu no kumusaba kurahirira uwo mwanya.

Bruce Bahanda.

Tags: AmatoraAmerikaIperereza ry'ImbitseRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare mukuru w'Ingabo za RDC zirwanira k'u butaka yavuzwe Uvira kwa kira Ingabo z'u Burundi.

Comments 6

  1. Johnnydog says:
    1 year ago

    https://continent-telecom.com/virtual-number-uae

  2. Gregoryphock says:
    1 year ago

    https://european-sailing.com/yacht-charter-lanzarote

  3. novopet says:
    1 year ago

    Excuse for that I interfere … At me a similar situation. Write here or in PM.

  4. continent telecom says:
    1 year ago

    The authoritative answer, funny…

  5. virtual numbers says:
    1 year ago

    You are absolutely right. In it something is also to me it seems it is good thought. I agree with you.

  6. european sailing says:
    1 year ago

    The matchless phrase, is pleasant to me 🙂

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?