• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashize itangazo hanze ryamagana ibisasu biri guterwa i Goma, ibyo bashinja ko biraswa na M23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

N’itangazo risohotse nyuma y’uko imirwano ikomeje kubica bigacika mu marembo ya Centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho M23 ikomeje gusatira kandi ikaba iri kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa uduce turi hafi ya Sake, ibarizwa muri Grupema ya ka Muhonza.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Congo mu marembo ya Centre ya Sake yahereye kuva mu Gitondo cyo k’uwa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, kugeza ubu impande zombi bararebana ayingwe muri ibyo bice.

Amakuru yatanzwe ku mugoroba w’ejo hashize, yavugaga ko nta muturage n’umwe ukibarizwa i Sake ko ahubwo muri iyo Centre hasigaye FARDC, Wazalendo, FDLR na SADC.

Ubwo imirwano yarimo iba mu misozi y’unamiye Sake, hari ibisasu biremereye bivugwa ko byatewe i Goma, aho byemezwa ko biri kugwa muri Quartier ya Mugunga, ubutegetsi bwa Kinshasa bukaba buri gushinja M23 kuba aribo barinyuma yabyo.

Ibi biri mubyatunye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, isohora itangazo yamagana M23.

Leta ya Congo, ikavuga ko yo, ifite impuhwe z’abaturage ko kandi hari ibitero byibasira abaturage bikaba bihonyora uburenganzira bwabo.

Ir’itangazo rya Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, rikavuga ko bo bagikomeje gahunda y’ibiganiro bya Nairobi na Luanda, no guhagarika imirwano hagamijwe kwa mbura imbunda imitwe y’itwaje intwaro harimo na M23 nk’uko iryo tangazo ribivuga.

Ir’i tangazo rikomeza rivuga ko Leta ya Congo ikomeje guhamagarira Abaturage gutekana no kuba maso, ndetse Guverinoma ikizeza abaturage ko ingabo z’igihugu zikomeje kubarengera no kubarwanaho no kurengera ubusugire bw’igihugu, bityo bagasaba abaturage gukorana byahafi n’igisirikare cyabo.

Mur’iryo tangazo leta ya Kinshasa ivuga ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ko zagaruye ituze muri Centre ya Sake.

Gusa mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira n’uko impande zihanganye ziri kurebana ayingwe ko ndetse M23 izengurutse Sake.

Bruce Bahanda.

Tags: Guverinoma ya CongoItangazo ry'amagana ibisasu biri kuraswa i GomaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ikomeye yongeye kubura mu ntera y’ibirometre 20 n’u Mujyi wa Goma, nihagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Intambara ikomeye yongeye kubura mu ntera y'ibirometre 20 n'u Mujyi wa Goma, nihagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?