• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashize itangazo hanze ryamagana ibisasu biri guterwa i Goma, ibyo bashinja ko biraswa na M23.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

N’itangazo risohotse nyuma y’uko imirwano ikomeje kubica bigacika mu marembo ya Centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho M23 ikomeje gusatira kandi ikaba iri kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa uduce turi hafi ya Sake, ibarizwa muri Grupema ya ka Muhonza.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Congo mu marembo ya Centre ya Sake yahereye kuva mu Gitondo cyo k’uwa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, kugeza ubu impande zombi bararebana ayingwe muri ibyo bice.

Amakuru yatanzwe ku mugoroba w’ejo hashize, yavugaga ko nta muturage n’umwe ukibarizwa i Sake ko ahubwo muri iyo Centre hasigaye FARDC, Wazalendo, FDLR na SADC.

Ubwo imirwano yarimo iba mu misozi y’unamiye Sake, hari ibisasu biremereye bivugwa ko byatewe i Goma, aho byemezwa ko biri kugwa muri Quartier ya Mugunga, ubutegetsi bwa Kinshasa bukaba buri gushinja M23 kuba aribo barinyuma yabyo.

Ibi biri mubyatunye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, isohora itangazo yamagana M23.

Leta ya Congo, ikavuga ko yo, ifite impuhwe z’abaturage ko kandi hari ibitero byibasira abaturage bikaba bihonyora uburenganzira bwabo.

Ir’itangazo rya Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, rikavuga ko bo bagikomeje gahunda y’ibiganiro bya Nairobi na Luanda, no guhagarika imirwano hagamijwe kwa mbura imbunda imitwe y’itwaje intwaro harimo na M23 nk’uko iryo tangazo ribivuga.

Ir’i tangazo rikomeza rivuga ko Leta ya Congo ikomeje guhamagarira Abaturage gutekana no kuba maso, ndetse Guverinoma ikizeza abaturage ko ingabo z’igihugu zikomeje kubarengera no kubarwanaho no kurengera ubusugire bw’igihugu, bityo bagasaba abaturage gukorana byahafi n’igisirikare cyabo.

Mur’iryo tangazo leta ya Kinshasa ivuga ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ko zagaruye ituze muri Centre ya Sake.

Gusa mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira n’uko impande zihanganye ziri kurebana ayingwe ko ndetse M23 izengurutse Sake.

Bruce Bahanda.

Tags: Guverinoma ya CongoItangazo ry'amagana ibisasu biri kuraswa i GomaM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ikomeye yongeye kubura mu ntera y’ibirometre 20 n’u Mujyi wa Goma, nihagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Intambara ikomeye yongeye kubura mu ntera y'ibirometre 20 n'u Mujyi wa Goma, nihagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?