• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutekamitwe bukorerwa Abanyamulenge berekeza i Doha, mu Gihugu cya Quatar, bukomeje gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
January 19, 2024
in Regional Politics
0
Ubutekamitwe bukorerwa Abanyamulenge berekeza i Doha, mu Gihugu cya Quatar, bukomeje gufata indi ntera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutekamitwe bukorerwa Abanyamulenge berekeza mu Gihugu cya Quatar bukomeje gufata indi ntera.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Hari amakuru y’umugabo w’u Munyamulenge, witwa Merci John Sebineza utuye i Doha, ku murwa mukuru w’igihugu ca Quatar, ukomeje “guhenda” Abanyamulenge ahanini baturiye ibihugu byo muri Afrika y’iburasizuba (EAC), abashuka mu kubabwira ko afasha abashaka kuja “Gupagasa” muri Quatar no mu Bihugu byo ku mugabane w’u Buraya.

Nk’uko bya vuzwe n’uko abenshi bashutswe na John Merci Sebineza, bamaze kugera i Doha, k’u murwa mukuru w’igihugu ca Quatar, barahangayika ku buryo banagoye abari basanzwe bakorayo akazi ba Banyamulenge.

Umwe Mubanyamulenge, bagizeyo igihe uzwi kw’izina rya Hirwa Felix, ya bwiye Minembwe Capital News, ko abaja muri Quatar bagomba kugenda muburyo bu biri(2):

Ubwuryo bwa mbere hari abagenda bakoresheje visa “Touristique,” aba bemerewe kuba muri Quatar igihe kingana n’Amezi atatu ko kandi badashobora kuyarenza.

Ubwuryo bwa Kabiri n’abagnda bafite “Work permit,” aba bemerewe kuba muri Quatar igihe kingana n’imyaka ibiri ndetse kirenga kandi bemerewe no Gupagasa kuko kiriya gipapuro cya work permit baba baragihawe n’imishinga ikeneye abakozi muri Quatar.
Hirwa Felix, yanahaye Minembwe Capital News, ubuhamya buvuga ko abaja muri Quatar bahenzwe na Sebineza John Merci, bagerayo bagakubitwa n’ubuzima barimo abagabo batanu(5) baheruka kugera i Doha, bamburwa utwabo na Sebineza John Merci, maze ntibongera kumubona.

Ubu buhamya bukomeza bugira buti: “Abanyamulenge n’abandi bose bageze muri Quatar, bahenzwe na Sebineza, barahangayitse kubaho kwabo ba beshejweho n’abari basanzwe batuyeyo. Kubona tike ibagarura n’ikibazo kibakomereye, kandi ntibashobora kubona akazi badafite Campanies zabazanye muri Quatar.”

Ya navuze ko Abanyamulenge batuye muri Quatar, batanze ikirego muri Ambasade y’u Rwanda iherereye muricyo gihugu kuko John Sebineza kugera kwe muri Quatar yakoresheje ibyangombwa by’u Rwanda, ariko kugeza ubu akaba ataratabwa muriyombi.

Nyuma y’uko John Merci Sebineza ya mbuye Abanyamulenge benshi barimo abagabo batanu 5, bahangayikiye muri Quatar, yaje no kwiba aho yakoraga, aza guhunga icyo gihugu ubu bikaba bikekwa ko y’aba aherereye Uganda cangwa Kenya ariko akaba akomeje guhenda Abanyamulenge ko afasha abashaka kuja Gupagasa muri Quatar no mu bindi bihugu by’u Buraya.

Umuryango wa Sebineza John Merci, bya vuzwe ko uherereye i Nairobi mugihe Ababyeyi be bo batuye mu Gihugu ca Uganda.

Number Sebineza John Merci, akoresha za Whatsapp ni:
+974 3377 4610.
Naho izo guhamagara ni:+974 5043 7562.

Bruce Bahanda.

Tags: I DohaJohn Sebineza MerciQuatarUbutekamitwe bukorerwa Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu biri kuraswa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bikomeje kwangiriza byinshi muri Masisi.

Ibisasu biri kuraswa n'ihuriro ry'ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bikomeje kwangiriza byinshi muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?