Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF), bwatangaje ko barimo gukora iperereza ry’Imbitse ku basirikare ba biri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashwe nyuma y’uko umwe yari amaze kuraswa arapfa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu masaha yakare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, n’ibwo ubuyobozi bw’Ingabo za RDF bashize itangazo hanze rimenyesha ko abasirikare batatu ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyabo mu buryo bunyaranyije n’amategeko.

N’itangazo rivuga ko bariya basirikare ba RDC b’injiye banyuze mu Mudugudu wa Isangano, mu Kagari ka Rukoko, u Mulenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu.

Itangazo rikomeza rivuga ko b’injiye igihe c’isaha ya sasaba z’ijoro, ryo kw’itariki ya 16/01/2024.

Nyuma y’uko bariya basirikare ba FARDC bafashwe n’igisirikare c’u Rwanda, umuvugizi w’iki Gisirikare, Brig Gen Ronald Rwivanga, yakoranye ikiganiro na Channel ya YouTube izwi kw’izina rya Mama Urwagasabo, maze ayibwirako harikigiye gukorwa.

Yagize ati: “Ba biri mu basirikare ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyacu bafashwe, ariko umwe muribo yagerageje kurasa tuza kumurasa, abo babiri basigaye bo turabafite, kandi turi kubakoraho iperereza.”

Yakomeje agira ati: “Hari bintu byinshi biri buvugwe ariko ibyangombwa ni uko twabafashe abo basirikare ba FARDC, kandi turimo kumenya ibyabo byi mbitse, ibindi turaza kubibagezaho.”

Uy’u muvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, yavuze ibi mugihe hari hatanzwe amakuru ko bariya basirikare ba FARDC boba bari b’injiye mu Rwanda ba banza kuja mu kabare kamwe hafi aho, bakaza gutangwaho amakuru n’abaturage.

Brig Gen Ronald Rwivanga, yanahamije ko ubwo bariya basirikare ba FARDC bafashwe ko nta munyarwanda wigeze ahagirira ikibazo.

Bruce Bahanda.

Tags: Harikirimo gukorwaIpererezaKu basirikare ba biri ba FARDCRDF
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?