• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihe, Diomoyo Faye, waraye arahiriye kuyobora igihugu cya Senegal yanyuzemo, butanga icyigwa gikomeye ku buzima bwa muntu, menya ubwaribwo?

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Ibihe, Diomoyo Faye, waraye arahiriye kuyobora igihugu cya Senegal yanyuzemo, butanga icyigwa gikomeye ku buzima bwa muntu, menya ubwaribwo?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Diomoyo Faye uheruka kwegukana intsinzi mu matora yo mu gihugu cya Senegal yarahiye kuyobora icyo gihugu.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Ni umuhango warimo abayobozi bakuru na za Guverinoma by’ibihugu byinshuti na Senegal, uwo muhango wabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 02/2024.

Muri bamwe mu bakuru bi bihugu babashye ku witabira hari perezida wa Nigeria Bola Tinubu, uwa Ghana Nana Akufo-Addo na Moussa Faki Mahamat uyobora Komisiyo y’ubumwe bwa Afrika.

Diomoyo Faye, uje ari perezida wa Gatanu muri Senegal, mwirahira rye, yavuze ko azateza imbere ububanyi n’amahanga ndetse akazamura imibereho myiza y’abatutage ba Senegal.

Ahagana tariki ya 26/03/2024, n’ibwo komisiyo y’amatora muri Senegal yatangaje ibyavuye mu matora, Faye ufite imyaka 44 y’amavuko yatorewe kuyobora Senegal n’amajwi 53.7%.

Yarahiye kuyobora Senegal nka perezida wa 5 ku gicamunsi cyokuri uyu wa Kabiri.

Diomoyo Faye n’inde?

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatatu umwaka ushize yari afunzwe mu gihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kane uy’u mwaka ho arahiriye kuba perezida wa Senegal.

Diomoyo Faye yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano muri Senegal, mu kwezi kwa 3/2023, yari yafatiwe ku biro by’ishyaka rya PASTEF.

Amakuru avuga ko ubwo yafatwaga n’abapolisi bakorera kwa perezida Macky Sall, bamufashe isaha zine z’ijoro ko kandi bamutwaye nabi, ajanwa gufungwa.

Diomoyo Faye ni umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya PASTEF, ishyaka riyobowe na Ousmane Sonko, wari umaze imyaka ibiri muri gereza ubwo Diomoyo Faye yafungwaga.

Iri shyaka rya PASTEF ryanyuze mu bihe bitoroshye umwaka ushize, aho abayoboke baryo bamwe bafunzwe, kwicwa abandi bahunga igihugu, ahanini ibi bihe bibi babinyuzemo nyuma y’uko bari bakoze imyigaragambyo ikomeye mu kwezi kwa karindwi umwaka ushize, yo kwa magana ubutegetsi bwa Macky Sall.

Diomoyo Faye yavuye muri gereza kuya 14/03/2024, ahita yemererwa kw’iyamamaza mu matora y’u mukuru w’igihugu.

Niwe mukuru w’igihugu wa mbere muri Senegal uyoboye ku myaka y’amavuko mito, kuko afite imyaka 44. Ikindi niwe ubaye perezida wa mbere muri Senegal afite abagore babiri. Iki gihugu cya Senegal kikaba cyemera ko umugabo agira abagore benshi.

Mbere y’uko yinjira mu ishyaka rya PASTEF, ibya politike ntiyabikozwaga. Bivugwa ko uwa mukundishije politike ari Osmmane Sonko, uwo bivugwa ko akundwa n’abaturage benshi bo muri Senegal.

          MCN.
Tags: Diomoyo FayeNindeYarahiye kuyobora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umutingito udasanzwe wasenye inyubako mu mujyi wa Hualien, muri Tayiwani.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umutingito udasanzwe wasenye inyubako mu mujyi wa Hualien, muri Tayiwani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?