• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byagenze ku bapolisi bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byagenze ku bapolisi bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byagenze ku bapolisi bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira.

Abapolisi ba Congo n’abasivili bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira bazira kuba ari Abatutsi, nyuma bakaza kurekurwa babanje gukorerwa iyicarubozo, ndetse kandi bamburwa n’ibyabo, bari icumi nabarindwi bose, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11/06/2025, ni bwo bariya bapolisi bahohotewe bikomeye, ubwo bari bazamutse imisozi y’i Ndondo ya Bijombo batashye iwabo.

Bivugwa ko bari i Uvira, kandi ko bari bahamaze iminsi ingana n’ukwezi n’ibyumweru bitatu. Bahageze n’ubundi baturutse muri biriya bice by’i Ndondo ya Bijombo aho basanzwe bakorera akazi k’igipolisi.

Aya makuru akomeza avuga ko bari baje aha i Uvira gufata umushahara wabo w’ukwezi.

Gusa, bahamara iriya minsi kubera bari babuze inzira, bitewe n’umutekano muke. Bigeze mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, ingabo z’u Burundi ziri i Uvira zibabwira ko zibaherekeza, abandi niko guhita bazamukana nazo.

Nyuma, bageze ku ma bariyeri ya Wazalendo ari mu gice kizamuka imisozi cya Majaga, barabimira! Aha rero niho byaje gukomera ingabo z’u Burundi zari zibaherekeje, zirushywa imbaraga na bariya Wazalendo, kuko bababwiraga ko aba ba polisi ko ari abanzi b’igihugu.

Umutangabuhamya yagize ati: “Abasirikare b’u Burundi bari babaherekeje, batinye gukomeza gutongana na Wazalendo. Nta nyungu babonye zo gutongana na bo, ngo bari kuvugira Umunyamulenge.”

Icya kurikiyeho, aba bapolisi barimo kandi n’abasevili, bahise bamunurwa baja gufungirwa ahitwa Kilibula muri Uvira.

Aya makuru akomeza avuga ko mbere yuko bajanwa i Kilibula gufungwa, babanje kubakorera iyicarubozo, barabakubita, ndetse kandi ngo babanyaga n’amafaranga yose bari bapokeye y’umushahara wabo w’ukwezi ayari yabazanye i Uvira.

Ati: “Babakubise cyane mbere yuko batabwa mu nzu y’imbohe. Muri bo hari abakomeretse bikabije, kuko hari uwatewe icyuma mu mutwe. Gusa ariko, baje kubarekura igihe c’isaha ya saa kumi z’umugoroba.”

Ahagana saa kumi zija gushyira muri saa kumi n’imwe z’umugoroba, ni bwo barekuwe bose.

Nubwo barekuwe, ariko guhohotera Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange mu bice bikigenzurwa n’uruhande rwa Leta ya Congo, mu Burasizuba bw’iki gihugu, bigenda birushyaho gufata indi ntera.

Imyaka ibaye myinshi, abo muri ubu bwoko basaba kugirirwa impuhwe, ariko nyamara nta kibasha guhinduka muri ibyo. Kimwecyo, mu bice umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bigenzura ibyo bambuye ingabo za Congo, biratekanye, kandi Abanyamulenge babirimo bahumeka amahoro, bakanayigamba.

Hagataho, yaba Abanyamulenge cyangwa abo mu yandi moko bamaze kumenya umuhate wa M23 na Twirwaneho wo gushakira iki gihugu amahoro, basaba iyi mitwe yombi kuza ikabohoza i Uvira n’ibindi bice bikigenzurwa na FARDC n’abambari bayo, mu rwego rwo kugira ngo na bo babone umutekano.

Tags: AbanyamulengebafunzwePolisiUvira

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?