• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yemeye kuganira n’umutwe wa m23 uwo yari yararahiye ko atazigera narimwe yicarana kumeza imwe y’ibiganiro nawo.

Ni amakuru yashyizwe hanze na perezidansi ya Angola, aho yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Tshisekedi yagiriye i Luanda, hemejwe ko Angola, nk’umuhuza mu bibazo byo mu Burasizuba bwa Congo, izayobora ibiganiro bizahuza abahagarariye m23 n’abahagarariye uruhande rwa guverinoma ya Kinshasa.

Ikomeze ivuga ko ibyo biganiro bizabera i Luanda muri Angola, kandi ko bizaba mu minsi mike iri mbere, nubwo itagaragaje umunsi nyirizina bizaberaho.

Ariko nk’uku iyi perezidansi ya Angola yabisobanuye yagaragaje ko ibyo biganiro bizahuza uruhande rwa Leta y’i Kinshasa n’urwa m23, bizaba bigamije gushaka icyazana amahoro arambye muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibyo bibaye mu gihe Tshisekedi yari yararahiye arirenza inshuro nyinshi ko atazakora ikosa narimwe ryokwicyarana kumeza imwe n’umutwe wa m23 uwo akunze kwita umutwe w’iterabwoba.

Bikaba bitangaje kubona birangiye perezida Felix Tshisekedi yemeye kuyamanika, kimwecyo uyu mukuru w’iki gihugu yemeye kuganira n’uyu mutwe wa m23 mu gihe umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ndetse ubu hari amakuru avuga ko u Burundi butakirimo bwumvikana neza na Kinshasa ku ntambara barimo yo kurwanya uyu mutwe wa m23 wigaruriye umujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere, n’uwa Bukavu uwo wigaruriye mu kwezi gushyize uyu mwaka.

Ikindi kandi uyu mutwe bivugwa ko kuri ubu umaze kugota umujyi wa Uvira ufatwa nk’umujyi wa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uwa Bukavu, ukaba uherereye hafi n’umupaka w’u Burundi. Kuba RDC ikomeje kurushwa imbaraga n’abarwanyi b’uyu mutwe, ubundi kandi ingabo z’ibindi bihugu yari yizeye bikaba nabyo biri gukubitwa kubi n’uyu mutwe, biri mubyatumye Tshisekedi yemera kuyamanika.

Nyama kandi ntacyo umutwe wa m23 uravuga kuri ibyo biganiro, usibye ko wo wagiye ugaragaza ko ushaka kuganira na Leta y’i Kinshasa, ndetse ukavuga ko mu gihe iyi Leta yakomeza kwinangira kuganira nawo bizawuha gukomeza urugamba, kandi ko uzaruhuka ari uko wafashe umujyi wa Kinshasa.

Tags: ibiganiroM23TshisekediYayamanitse
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y’i Kinshasa.

Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?