• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.
122
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byagenze kugira ngo Tshisekedi yemere kuganira na m23.

You might also like

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yemeye kuganira n’umutwe wa m23 uwo yari yararahiye ko atazigera narimwe yicarana kumeza imwe y’ibiganiro nawo.

Ni amakuru yashyizwe hanze na perezidansi ya Angola, aho yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Tshisekedi yagiriye i Luanda, hemejwe ko Angola, nk’umuhuza mu bibazo byo mu Burasizuba bwa Congo, izayobora ibiganiro bizahuza abahagarariye m23 n’abahagarariye uruhande rwa guverinoma ya Kinshasa.

Ikomeze ivuga ko ibyo biganiro bizabera i Luanda muri Angola, kandi ko bizaba mu minsi mike iri mbere, nubwo itagaragaje umunsi nyirizina bizaberaho.

Ariko nk’uku iyi perezidansi ya Angola yabisobanuye yagaragaje ko ibyo biganiro bizahuza uruhande rwa Leta y’i Kinshasa n’urwa m23, bizaba bigamije gushaka icyazana amahoro arambye muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibyo bibaye mu gihe Tshisekedi yari yararahiye arirenza inshuro nyinshi ko atazakora ikosa narimwe ryokwicyarana kumeza imwe n’umutwe wa m23 uwo akunze kwita umutwe w’iterabwoba.

Bikaba bitangaje kubona birangiye perezida Felix Tshisekedi yemeye kuyamanika, kimwecyo uyu mukuru w’iki gihugu yemeye kuganira n’uyu mutwe wa m23 mu gihe umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ndetse ubu hari amakuru avuga ko u Burundi butakirimo bwumvikana neza na Kinshasa ku ntambara barimo yo kurwanya uyu mutwe wa m23 wigaruriye umujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere, n’uwa Bukavu uwo wigaruriye mu kwezi gushyize uyu mwaka.

Ikindi kandi uyu mutwe bivugwa ko kuri ubu umaze kugota umujyi wa Uvira ufatwa nk’umujyi wa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uwa Bukavu, ukaba uherereye hafi n’umupaka w’u Burundi. Kuba RDC ikomeje kurushwa imbaraga n’abarwanyi b’uyu mutwe, ubundi kandi ingabo z’ibindi bihugu yari yizeye bikaba nabyo biri gukubitwa kubi n’uyu mutwe, biri mubyatumye Tshisekedi yemera kuyamanika.

Nyama kandi ntacyo umutwe wa m23 uravuga kuri ibyo biganiro, usibye ko wo wagiye ugaragaza ko ushaka kuganira na Leta y’i Kinshasa, ndetse ukavuga ko mu gihe iyi Leta yakomeza kwinangira kuganira nawo bizawuha gukomeza urugamba, kandi ko uzaruhuka ari uko wafashe umujyi wa Kinshasa.

Tags: ibiganiroM23TshisekediYayamanitse
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari

Ibivugwa ku ihuriro ry’u Bubiligi n’u Burundi mu migambi ya gisirikare bikomeje guteza impungenge mu karere k’Ibiyaga Bigari Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye

Byinshi ku mabanga y’ubutasi bwa Amerika n’aho butandukaniye n’ubw’ibindi bihugu bikomeye Mu rwego rw’umutekano mpuzamahanga, ubutasi bwabaye imwe mu nkingi z’ingenzi zigena imbaraga z’ibihugu. Muri iki gihe isi...

Read moreDetails

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC

Colombia Yategetse Gucyura Abaturage Bayo Bari muri RDC Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, haravugwa inkuru ikomeye ijyanye n’abimukira b’Abanya-Colombia bari ku butaka bw’iki...

Read moreDetails

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

The United States Reacts to the Banyamulenge Protests in Washington A member of the United States Congress, , has expressed his views on the protest organized by the...

Read moreDetails

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington

Les États-Unis réagissent aux manifestations des Banyamulenge à Washington Un membre du Congrès des États-Unis, Joe Wilson, a exprimé son point de vue à propos de la manifestation...

Read moreDetails
Next Post
Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y’i Kinshasa.

Captain Rukungana yatabaye, nyuma yuko yitandukanyije na Leta y'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?