• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Ya nkumi ibyayigaragayeho biteye inkenke, kubabibonye.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2025
in sport & entertainment
0
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ya nkumi ibyayigaragayeho biteye inkenke, kubabibonye.

Nyamanoro uheruka kubabarirwa nyuma yogutabwa muri yombi, aho yashinjwaga gushaka kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu Minembwe, yongeye kugaragara yitwaje Motorola kandi ari kumwe n’abasirikare ba Gumino.

READ ALSO

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro

Ni uyu munsi ku cyumweru tariki ya 01/06/2025, Nyamanoro yagaragaye afite icyombo kizwi ko gikoreshwa cyane n’abakora mu nzego z’umutekano ndetse n’inyeshyamba, nubwo hari n’abandi bashobora kugikoresha, ariko muri aka karere ntibisanzwe.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News ahamya ko iki gikorwa cyagaragariye mu duce two ku wu Mugethi ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira.

Umutangabuhamya yagize ati: “Ubwanjye nanjye na mwiboneye, yari yitwaje Motorola, kandi yari kumwe n’abasirikare bo kwa Nyamusaraba.”

Yongeye ati: “Bavaga mu bice byo ku wu Mugethi berekeje za Kajembwe.”

Ku wa gatanu mu gitondo ni bwo Nyamanoro yarekuwe, ni mu gihe yari yafashwe ku wa gatatu.
Bivugwa ko Twirwaneho yamubabariye, ahanini ngo nta bimenyetso bifatika byamugaragayeho, nk’uko byavugwako yatumwe n’abakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi ku bashakira nimero za telefone z’abamwe mu bayobozi b’uyu mutwe wa Twirwaneho.

Ayo makuru yavugaga ko leta y’i Kinshasa ko yakoresheje Nyamusaraba, na we niko gutuma uyu mukobwa.
Rugikubita bimwe mu bimenyetso byamugaragayeho, ni uko yasanganwe nimero za telefone z’inyeshyamba nkuru muri Gumino, ndetse byanagaragaraga ko ajya aganira nazo.

Ikindi ni uburyo yavuye ku Ndondo ya Bijombo ahuruka mu bice bigenzurwa na Twirwaneho. Kuva iwabo mu Kajembwe kugera mu Minembwe ni ahantu bagenda urugendo rw’iminsi ibiri n’ibirenge. Igitangaje uduce twinshi yanyuzemo tugenzurwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, Wazalendo n’Interahamwe zirimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Aka gace akomokamo ka Kajembwe kagenzurwa n’umutwe wa Gumino uyobowe na Nyamusaraba uwo bivugwa ko akoreshwa na Lt Gen Masunzu ushinjwa kugambanira ubwoko bwabo Abanyamulenge.

Ku rundi ruhande, aha ku Ndondo ya Bijombo, abasirikare bahari ba Leta y’i Kinshasa n’ab’u Burundi bari kuhava bagana za Mikenke, bivuze ko bashaka gutangiza ibitero kuri Twirwaneho na M23, ni mu gihe aho Twirwaneho igenzura hari hamaze iminsi itatu nta mirwano ihabera.

Ku munsi w’ejo ku wa gatandatu na bwo byavuzwe ko ingabo z’u Burundi zambutse ziva i Bujumbura, zija muri iyi misozi y’i Ndondo ya Bijombo nyuma yo kwambukira i Uvira bagakomerezaho.

Ingabo z’u Burundi zageze muri Kivu y’Amajyepfo mu mpera z’umwaka wa 2022, kugeza n’ubu ziracyariyo kandi zifatikanya n’Interahamwe hamwe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC).

Tags: BijomboMotorolaNyamanoro

Related Posts

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba
sport & entertainment

Manzi Merci: Umuhanzi wa Gospel wahaye umuziki intego yo guhimbaza Imana no kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba

August 22, 2026
Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro
sport & entertainment

Umukino wa APR FC (Rwanda) na Les Aigles du Congo (RDC) ugeze mu kibazo gikomeye: CAF ni yo igiye gufata umwanzuro

August 10, 2026
Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi
sport & entertainment

Amateka Yanditswe i Miami: u Bwongereza Bwanyagiye u Bufaransa, Saka na Mbappé Bandika Uduhigo Tutigeze Tubaho mu Gikombe cy’Isi

July 19, 2026
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye
sport & entertainment

Les Léopards éliminés de la Coupe du Monde, mais ils quittent la compétition la tête haute et font la fierté de la République démocratique du Congo

July 2, 2026
Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye
sport & entertainment

Léopards Yasezerewe mu Gikombe cy’Isi, Ariko Yasigiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ishema Rikomeye

July 2, 2026
Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo
sport & entertainment

Menya uburyo bushya WhatsApp yazanye buzafasha abayikoresha kurushaho kurinda umwirondoro wabo

June 30, 2026
Next Post
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?