• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 19, 2025
in World News
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

You might also like

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida Donald Trump wa Amerika na Vladimir Putin w’u Burusiya.

Umukuru w’igihugu cya Amerika, Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rwa Truth Social yagize ati: “Perezida Zelenskyy wa Ukraine ashobora kurangiza intambara n’u Burusiya vuba na bwangu abishatse, cyangwa agakomeza imirwano.”

Uyu mukuru w’iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika, yanagaragaje ko adashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira mu muryango wa NATO cyangwa kuba Ukraine yasubizwa tumwe mu duce twigaruriwe n’u Burusiya nk’uko byasabwe na perezida Vladimir Putin.

Ukraine nayo binyuze kuri perezida wayo, yavuze ko nta kindi yifuza usibye kugera ku mahoro arambye.

Icyo bikoze Zelenskyy yavuze ko yagiye ahatirwa kwemera kurekura ibice by’i gihugu cye bimwe na bimwe, ariko ngo bikaba byarakoreshejwe mu gutiza umurindi Putin ngo akomeze intambara.

Yavuze kandi ko ibyemewe n’amategeko mpuzamahanga Crimea ari iya Ukraine, ariko mu by’ukuri iri mu bako y’u Burusiya kuva mu 2014, kandi bwayikoresheje nk’intangiriro y’intambara.

Intumwa yihariye ya Trump yavuze ko Vladimir Putin yemeye gutanga ingwate zikomeye z’umutekano muri Ukraine harimo n’uburyo bushobora gusa n’ubwa NATO mu bijyanye no kwirwanaho.

Zelenskyy akavuga ko icyifuzo cye ari ukubona ingwate z’umutekano nubwo u Burusiya bwagiye bwanga gushyira mu bikorwa ibyumvinwagaho kuva mu myaka yashyize.

Tags: IgitutuUkraineZelenskyy
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails
Next Post
Kwambara Ibirenge: Inyungu ku Buzima n’Imikorere y’Amaguru.

Kwambara Ibirenge: Inyungu ku Buzima n’Imikorere y’Amaguru.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?