• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2025
in World News
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

You might also like

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Leta Zunze ubumwe z’Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida Donald Trump wa Amerika na Vladimir Putin w’u Burusiya.

Umukuru w’igihugu cya Amerika, Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rwa Truth Social yagize ati: “Perezida Zelenskyy wa Ukraine ashobora kurangiza intambara n’u Burusiya vuba na bwangu abishatse, cyangwa agakomeza imirwano.”

Uyu mukuru w’iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika, yanagaragaje ko adashyigikiye umugambi wa Ukraine wo kwinjira mu muryango wa NATO cyangwa kuba Ukraine yasubizwa tumwe mu duce twigaruriwe n’u Burusiya nk’uko byasabwe na perezida Vladimir Putin.

Ukraine nayo binyuze kuri perezida wayo, yavuze ko nta kindi yifuza usibye kugera ku mahoro arambye.

Icyo bikoze Zelenskyy yavuze ko yagiye ahatirwa kwemera kurekura ibice by’i gihugu cye bimwe na bimwe, ariko ngo bikaba byarakoreshejwe mu gutiza umurindi Putin ngo akomeze intambara.

Yavuze kandi ko ibyemewe n’amategeko mpuzamahanga Crimea ari iya Ukraine, ariko mu by’ukuri iri mu bako y’u Burusiya kuva mu 2014, kandi bwayikoresheje nk’intangiriro y’intambara.

Intumwa yihariye ya Trump yavuze ko Vladimir Putin yemeye gutanga ingwate zikomeye z’umutekano muri Ukraine harimo n’uburyo bushobora gusa n’ubwa NATO mu bijyanye no kwirwanaho.

Zelenskyy akavuga ko icyifuzo cye ari ukubona ingwate z’umutekano nubwo u Burusiya bwagiye bwanga gushyira mu bikorwa ibyumvinwagaho kuva mu myaka yashyize.

Tags: IgitutuUkraineZelenskyy
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amerika na Iran mu Biganiro Bikomeye i Islamabad

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika Umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye kiri mu cyerekezo cyiza cyo kugera ku masezerano y’amahoro ashobora kuba ay’amateka...

Read moreDetails

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru Mu gihe umubano hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo Minisitiri ushinzwe impunzi n’abimukira mu Bubiligi, Anneleen Van Bossuyt, yatangaje ko igihugu cye gihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’Abanye-Congo basaba ubuhungiro, aho umubare...

Read moreDetails
Next Post
Kwambara Ibirenge: Inyungu ku Buzima n’Imikorere y’Amaguru.

Kwambara Ibirenge: Inyungu ku Buzima n’Imikorere y’Amaguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?