• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2024
in Regional Politics
0
Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni byatangajwe na perezida w’igihugu cya Ukraine, Zelensky, aho
yari mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze ku wa Kabiri w’iki Cyumweru avuga ko igihugu cye ko kigiye kwereka Amerika gahunda y’intsinzi.

Muri iki kiganiro perezida Volodymyr Zelensky yasubije ibibazo byinshi.

Yavuze no kugitero cy’abasirikare b’icyo gihugu mu karere ka Kursk ko mu Burusiya kiri muri gahunda y’intsinzi azageza kuri perezida w’Amerika Joe Biden mu kwezi gutaha.

Ubwo yarimo atanga iki kiganiro, Zelensky yavuze ko intego yiyo gahunda ko ariyo kwereka perezida Biden niba gahunda yogukoresha imbunda ziremereye yabahaye bazemererwa kuzikoresha vuba.

Yongeyeho ati: “Kuri bamwe ishobora kumvikana nko kwigererezaho cyane, ariko ni gahunda y’ingenzi kuri twe.” Avuga ko azanayereka abakandida ku mwanya wa perezida bombi bo muri Amerika, Kamala Harris na Donald Trump.

Muri icyo kiganiro kandi, umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Gen Oleksandr Syrskyi yavuze ko Ukraine ubu igenzura ubuso bwa Kirometero kare 1,294 bw’ubutaka bw’u Burusiya n’imidugudu 100.

Gen Syrskyi yavuze ko Ukraine idashoboka kugumana ubwo butaka kandi ko kimwe mu byatumye igaba icyo gitero kwari ukurangaza abasirikare b’u Burusiya mu gitero cyabo cyo mu Burasirazuba bwa Ukraine. U Burusiya burimo gushaka gufata umujyi wa Pokrvsk, umujyi ihinda cyane urimo na stasiyo ikomeye itegerwamo gariyamoshi.

Perezida Zelensky yanahishuye ko Ukraine iherutse gukora igerageza rya mbere ryagenze neza rya misile yo mu bwoko bwa ‘ballistic.’ yakorewe muri icyo gihugu.

Nubwo Ukraine isanzwe yarakoresheje misile zimwe za ballistic mu kurasa ku Burusiya, yahawe n’Amerika, imaze igihe ikora ku bikoresho bya gisirikare bikorewe imbere mu gihugu, mu kugabanya kugirwa n’imfashanyo y’uburengerazuba bw’isi.

Ariko, kugeza ubu, Ukraine ahanini ishingira ku bikoresho bya gisirikare biva mu mahanga kugira ngo ishobora kurwana n’u Burusiya no gusubiza inyuma ibitero byabwo.

Muri iryo huriro, perezida Zelensky yavuze ko Ukraine yakoresheje zimwe mu ndege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 ziherutse kuhagera zoherejwe n’ibihugu byo mu Burasirazuba, mu rwego rwo gufata zimwe muri za misile, ariko yavuze ko Ukraine izakenera izindi ndege z’intambara.

Mu majoro abiri ashize, u Burusiya bwamishe ibisasu bya misile kuri Ukraine ndetse buyigabaho n’ibitero by’indege nto z’intambara zitajyamo umupilote , byishe abantu benshi, bituma umuriro w’amashanyarazi ubura mu bice byinshi by’igihugu.

Perezida Zelensky yavuze ko ibi bitero nk’ibyo bigaragaza ko u Burusiya budashaka guhagarika intambara, ati: “Iyo bashaka ntabwo bagaba ibitero 230 byo mu kirere.”

Kuva Ukraine yagaba igitero mu kirere cya Kursk, u Burusiya bwumvikanishije ko nta biganiro by’amahoro na bimwe buzagirana na Ukraine.

Ku wa Kabiri, Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro bya perezida w’u Burusiya, yagize ati: “Ingingo y’ibiganiro kuri ubu ahanini yataye agaciro kayo.”

          MCN.
Tags: GahundaUkraineZelensky
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Ibyavuzwe bishya ku ntambara ya M23 n’ingabo za RDC muri Lubero.

Ibyavuzwe bishya ku ntambara ya M23 n'ingabo za RDC muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?