• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2024
in Regional Politics
0
Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine yatangaje icyo igiye kwereka ibihugu bikomeye muri iyi ntambara irimo n’u Burusiya.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Ni byatangajwe na perezida w’igihugu cya Ukraine, Zelensky, aho
yari mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze ku wa Kabiri w’iki Cyumweru avuga ko igihugu cye ko kigiye kwereka Amerika gahunda y’intsinzi.

Muri iki kiganiro perezida Volodymyr Zelensky yasubije ibibazo byinshi.

Yavuze no kugitero cy’abasirikare b’icyo gihugu mu karere ka Kursk ko mu Burusiya kiri muri gahunda y’intsinzi azageza kuri perezida w’Amerika Joe Biden mu kwezi gutaha.

Ubwo yarimo atanga iki kiganiro, Zelensky yavuze ko intego yiyo gahunda ko ariyo kwereka perezida Biden niba gahunda yogukoresha imbunda ziremereye yabahaye bazemererwa kuzikoresha vuba.

Yongeyeho ati: “Kuri bamwe ishobora kumvikana nko kwigererezaho cyane, ariko ni gahunda y’ingenzi kuri twe.” Avuga ko azanayereka abakandida ku mwanya wa perezida bombi bo muri Amerika, Kamala Harris na Donald Trump.

Muri icyo kiganiro kandi, umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Gen Oleksandr Syrskyi yavuze ko Ukraine ubu igenzura ubuso bwa Kirometero kare 1,294 bw’ubutaka bw’u Burusiya n’imidugudu 100.

Gen Syrskyi yavuze ko Ukraine idashoboka kugumana ubwo butaka kandi ko kimwe mu byatumye igaba icyo gitero kwari ukurangaza abasirikare b’u Burusiya mu gitero cyabo cyo mu Burasirazuba bwa Ukraine. U Burusiya burimo gushaka gufata umujyi wa Pokrvsk, umujyi ihinda cyane urimo na stasiyo ikomeye itegerwamo gariyamoshi.

Perezida Zelensky yanahishuye ko Ukraine iherutse gukora igerageza rya mbere ryagenze neza rya misile yo mu bwoko bwa ‘ballistic.’ yakorewe muri icyo gihugu.

Nubwo Ukraine isanzwe yarakoresheje misile zimwe za ballistic mu kurasa ku Burusiya, yahawe n’Amerika, imaze igihe ikora ku bikoresho bya gisirikare bikorewe imbere mu gihugu, mu kugabanya kugirwa n’imfashanyo y’uburengerazuba bw’isi.

Ariko, kugeza ubu, Ukraine ahanini ishingira ku bikoresho bya gisirikare biva mu mahanga kugira ngo ishobora kurwana n’u Burusiya no gusubiza inyuma ibitero byabwo.

Muri iryo huriro, perezida Zelensky yavuze ko Ukraine yakoresheje zimwe mu ndege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 ziherutse kuhagera zoherejwe n’ibihugu byo mu Burasirazuba, mu rwego rwo gufata zimwe muri za misile, ariko yavuze ko Ukraine izakenera izindi ndege z’intambara.

Mu majoro abiri ashize, u Burusiya bwamishe ibisasu bya misile kuri Ukraine ndetse buyigabaho n’ibitero by’indege nto z’intambara zitajyamo umupilote , byishe abantu benshi, bituma umuriro w’amashanyarazi ubura mu bice byinshi by’igihugu.

Perezida Zelensky yavuze ko ibi bitero nk’ibyo bigaragaza ko u Burusiya budashaka guhagarika intambara, ati: “Iyo bashaka ntabwo bagaba ibitero 230 byo mu kirere.”

Kuva Ukraine yagaba igitero mu kirere cya Kursk, u Burusiya bwumvikanishije ko nta biganiro by’amahoro na bimwe buzagirana na Ukraine.

Ku wa Kabiri, Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro bya perezida w’u Burusiya, yagize ati: “Ingingo y’ibiganiro kuri ubu ahanini yataye agaciro kayo.”

          MCN.
Tags: GahundaUkraineZelensky
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyavuzwe bishya ku ntambara ya M23 n’ingabo za RDC muri Lubero.

Ibyavuzwe bishya ku ntambara ya M23 n'ingabo za RDC muri Lubero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?