• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Umubano w’u Rwanda n’u Burundi, uhinduka nk’ihindagurika ry’ikirere,” ni byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ingendo zo mukirere zifunguye ku gihugu c’u Burundi n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byemejwe mu Nama yahuje Inteko shinga mategeko yo mu Burundi, aho bya vuzwe ko ya nitabiriwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Iy’i Nama yateranye kugira bige ibibazo by’u garije imigenderanire y’igihugu c’u Burundi n’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu.

Ikibazo nyamukuru cyakomeje kugaruka kwisonga ubwo iyo Nama yahuje minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro n’inteko shinga mategeko y’igihugu c’u Burundi, bagarutse ku kibazo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, nk’uko bya vuzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko Albert Shingiro, yabajijwe ibibazo byinshi kuri iy’i ngingo yo gufunga imipaka. Ikibazo cyambere, yabajijwe icyatumye leta y’u Burundi ifata icyemezo cyo gufunga imipaka kandi nta bibazo binini biboneka.

Ikibazo cyakabiri yabajijwe impamvu leta ya Kinshasa yo itarafunga imipaka kandi aribo bafitanye ibibazo bikomeye n’u Rwanda.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi yatanze iki gisubizo avuga ati: “Umubano w’u Rwanda n’u Burundi umeze nkihindagurika ry’ikirere. Harigihe hagwa imvura y’igihuha, mukandi kanya izuba rikaka.”

Yakomeje avuga ko buri gihugu gifite ubwigenge ku migenderanire n’ikindi gihugu arinacyo cyatumye u Burundi bufata ingingo yo gufunga imipaka, bityo ko RDC nayo ifite ukundi ibibona.

Habajijwe ikindi kibazo kijanye n’Abarundi baherereye i Rwanda, kandi muribo hariho abashaka gutaha.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro, yashubije ko nta muntu numwe uzimirwa gutaha iwe.

Ninaho yahise itangaza ko ingendo zo mukirere zifunguye ku wariwe, wese ukwije ibyangombwa.

Tubibutsa ko gufunga imipaka yafunzwe k’u wa Kane tariki ya 11/01/2024, n’inyuma y’uko perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ashinje u Rwanda gufasha no gucumbikira inyeshamba za Red Tabara.

Mu mwaka w’2015 n’ibwo kandi u Burundi bwari bwafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, bongera kuyifungura mu mwaka w’2022, mukwezi kwa Cyenda.

Bruce Bahanda.

Tags: Albert ShingiroBurundiIhindagurika ry'ikirereMinisitiri w'u banye n'amahanga w'u BurundiRwandaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y'Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?