Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Umubano w’u Rwanda n’u Burundi, uhinduka nk’ihindagurika ry’ikirere,” ni byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ingendo zo mukirere zifunguye ku gihugu c’u Burundi n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byemejwe mu Nama yahuje Inteko shinga mategeko yo mu Burundi, aho bya vuzwe ko ya nitabiriwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Iy’i Nama yateranye kugira bige ibibazo by’u garije imigenderanire y’igihugu c’u Burundi n’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu.

Ikibazo nyamukuru cyakomeje kugaruka kwisonga ubwo iyo Nama yahuje minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro n’inteko shinga mategeko y’igihugu c’u Burundi, bagarutse ku kibazo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, nk’uko bya vuzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko Albert Shingiro, yabajijwe ibibazo byinshi kuri iy’i ngingo yo gufunga imipaka. Ikibazo cyambere, yabajijwe icyatumye leta y’u Burundi ifata icyemezo cyo gufunga imipaka kandi nta bibazo binini biboneka.

Ikibazo cyakabiri yabajijwe impamvu leta ya Kinshasa yo itarafunga imipaka kandi aribo bafitanye ibibazo bikomeye n’u Rwanda.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi yatanze iki gisubizo avuga ati: “Umubano w’u Rwanda n’u Burundi umeze nkihindagurika ry’ikirere. Harigihe hagwa imvura y’igihuha, mukandi kanya izuba rikaka.”

Yakomeje avuga ko buri gihugu gifite ubwigenge ku migenderanire n’ikindi gihugu arinacyo cyatumye u Burundi bufata ingingo yo gufunga imipaka, bityo ko RDC nayo ifite ukundi ibibona.

Habajijwe ikindi kibazo kijanye n’Abarundi baherereye i Rwanda, kandi muribo hariho abashaka gutaha.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro, yashubije ko nta muntu numwe uzimirwa gutaha iwe.

Ninaho yahise itangaza ko ingendo zo mukirere zifunguye ku wariwe, wese ukwije ibyangombwa.

Tubibutsa ko gufunga imipaka yafunzwe k’u wa Kane tariki ya 11/01/2024, n’inyuma y’uko perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ashinje u Rwanda gufasha no gucumbikira inyeshamba za Red Tabara.

Mu mwaka w’2015 n’ibwo kandi u Burundi bwari bwafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, bongera kuyifungura mu mwaka w’2022, mukwezi kwa Cyenda.

Bruce Bahanda.

Tags: Albert ShingiroBurundiIhindagurika ry'ikirereMinisitiri w'u banye n'amahanga w'u BurundiRwandaUmubano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y'Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?