• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Umubano w’u Rwanda n’u Burundi, uhinduka nk’ihindagurika ry’ikirere,” ni byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ingendo zo mukirere zifunguye ku gihugu c’u Burundi n’u Rwanda.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Ni byemejwe mu Nama yahuje Inteko shinga mategeko yo mu Burundi, aho bya vuzwe ko ya nitabiriwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Iy’i Nama yateranye kugira bige ibibazo by’u garije imigenderanire y’igihugu c’u Burundi n’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu.

Ikibazo nyamukuru cyakomeje kugaruka kwisonga ubwo iyo Nama yahuje minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro n’inteko shinga mategeko y’igihugu c’u Burundi, bagarutse ku kibazo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, nk’uko bya vuzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko Albert Shingiro, yabajijwe ibibazo byinshi kuri iy’i ngingo yo gufunga imipaka. Ikibazo cyambere, yabajijwe icyatumye leta y’u Burundi ifata icyemezo cyo gufunga imipaka kandi nta bibazo binini biboneka.

Ikibazo cyakabiri yabajijwe impamvu leta ya Kinshasa yo itarafunga imipaka kandi aribo bafitanye ibibazo bikomeye n’u Rwanda.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi yatanze iki gisubizo avuga ati: “Umubano w’u Rwanda n’u Burundi umeze nkihindagurika ry’ikirere. Harigihe hagwa imvura y’igihuha, mukandi kanya izuba rikaka.”

Yakomeje avuga ko buri gihugu gifite ubwigenge ku migenderanire n’ikindi gihugu arinacyo cyatumye u Burundi bufata ingingo yo gufunga imipaka, bityo ko RDC nayo ifite ukundi ibibona.

Habajijwe ikindi kibazo kijanye n’Abarundi baherereye i Rwanda, kandi muribo hariho abashaka gutaha.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro, yashubije ko nta muntu numwe uzimirwa gutaha iwe.

Ninaho yahise itangaza ko ingendo zo mukirere zifunguye ku wariwe, wese ukwije ibyangombwa.

Tubibutsa ko gufunga imipaka yafunzwe k’u wa Kane tariki ya 11/01/2024, n’inyuma y’uko perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ashinje u Rwanda gufasha no gucumbikira inyeshamba za Red Tabara.

Mu mwaka w’2015 n’ibwo kandi u Burundi bwari bwafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, bongera kuyifungura mu mwaka w’2022, mukwezi kwa Cyenda.

Bruce Bahanda.

Tags: Albert ShingiroBurundiIhindagurika ry'ikirereMinisitiri w'u banye n'amahanga w'u BurundiRwandaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y'Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?