• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Umubano w’u Rwanda n’u Burundi, uhinduka nk’ihindagurika ry’ikirere,” ni byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro.

minebwenews by minebwenews
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ingendo zo mukirere zifunguye ku gihugu c’u Burundi n’u Rwanda.

You might also like

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Ni byemejwe mu Nama yahuje Inteko shinga mategeko yo mu Burundi, aho bya vuzwe ko ya nitabiriwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Iy’i Nama yateranye kugira bige ibibazo by’u garije imigenderanire y’igihugu c’u Burundi n’u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu.

Ikibazo nyamukuru cyakomeje kugaruka kwisonga ubwo iyo Nama yahuje minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro n’inteko shinga mategeko y’igihugu c’u Burundi, bagarutse ku kibazo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, nk’uko bya vuzwe n’ibinyamakuru by’u Burundi.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko Albert Shingiro, yabajijwe ibibazo byinshi kuri iy’i ngingo yo gufunga imipaka. Ikibazo cyambere, yabajijwe icyatumye leta y’u Burundi ifata icyemezo cyo gufunga imipaka kandi nta bibazo binini biboneka.

Ikibazo cyakabiri yabajijwe impamvu leta ya Kinshasa yo itarafunga imipaka kandi aribo bafitanye ibibazo bikomeye n’u Rwanda.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi yatanze iki gisubizo avuga ati: “Umubano w’u Rwanda n’u Burundi umeze nkihindagurika ry’ikirere. Harigihe hagwa imvura y’igihuha, mukandi kanya izuba rikaka.”

Yakomeje avuga ko buri gihugu gifite ubwigenge ku migenderanire n’ikindi gihugu arinacyo cyatumye u Burundi bufata ingingo yo gufunga imipaka, bityo ko RDC nayo ifite ukundi ibibona.

Habajijwe ikindi kibazo kijanye n’Abarundi baherereye i Rwanda, kandi muribo hariho abashaka gutaha.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro, yashubije ko nta muntu numwe uzimirwa gutaha iwe.

Ninaho yahise itangaza ko ingendo zo mukirere zifunguye ku wariwe, wese ukwije ibyangombwa.

Tubibutsa ko gufunga imipaka yafunzwe k’u wa Kane tariki ya 11/01/2024, n’inyuma y’uko perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ashinje u Rwanda gufasha no gucumbikira inyeshamba za Red Tabara.

Mu mwaka w’2015 n’ibwo kandi u Burundi bwari bwafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, bongera kuyifungura mu mwaka w’2022, mukwezi kwa Cyenda.

Bruce Bahanda.

Tags: Albert ShingiroBurundiIhindagurika ry'ikirereMinisitiri w'u banye n'amahanga w'u BurundiRwandaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'intebe, Benjamin Netanyahu, yavuze amagambo akakaye ku cyemezo Afrika y'Epfo yafashe cyo kuyijana mu nkiko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?