• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yahishyuye icyakundira Abanyarwanda ndetse avuga ko agiye kubasura.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yahishyuye icyakundira Abanyarwanda ndetse avuga ko agiye kubasura.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yahishyuye icyakundira Abanyarwanda ndetse avuga ko agiye kubasura.

You might also like

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ni ibyo yatangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 05/08/2024, abinyujije kurukuta rwa X avuga ko agiye gusura aho yise iwabo hakabiri.

Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ko nzasura mu rugo ha kabiri, Rwanda vuba nzitabira ibirori byo kurahira kwa Afande Kagame bidashidikanywaho ko bizaba ari ibirori bidasanzwe muri Afrika muri uyu mwaka. Urukundo rugumeho kuko Abanyarwanda ni ubwoko bwanjye niyo mpamvu mbakunda.”

Biteganijwe ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame azarahirira gukomeza kuyobora u Rwanda tariki ya 11/08/2024, iryo rahira rye rikaba riteganijwe kuzabera kuri stade amahoro.

Muri ay’amatora aheruka mu Rwanda Paul Kagame yatsindanye amajwi 99.18%, bivuze ko yatowe n’Abanyarwanda 8, 822,794.

Bwana Gen Kainarugaba Muhoozi yaherukaga i Kigali mu Rwanda, tariki ya 24/04/2023, ubwo yari aje kwizihiza isabuku y’imyaka 49 y’amavuko ye nk’uko yari yatangaje ko azayizihiza ari kumwe na Sewabo Kagame.

Kainarugaba Muhoozi usibye kuvuga ko akunda Abanyarwanda, yanagize uruhare mu kongera kuzahura umubano warwo na Uganda nyuma yigihe kirekire umubano w’ibi bihugu wari warazambye.

            MCN.
Tags: Kainarugaba MuhooziKurahira kwa Paul KagameYavuze icyakundira Abanyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Ijambo Rikomeye rya Perezida Kagame ku Burundi, RDC n’Amahoro mu Karere k’Ibiyaga Bigari Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki ya 11/12/2025, yasubije ibivugwa n’abashinja...

Read moreDetails

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

by Bahanda Bruce
December 11, 2025
0
Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi

Ifatwa rya Uvira ryatangiye kugira ingaruka ku Burundi Guhera tariki ya 09/12/2025, ubwo Umujyi wa Uvira wafashwe n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, igihugu cy’u Burundi cyatangiye guhura n’ingaruka zikomeye ku...

Read moreDetails

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

Hamenyekanye umubare w'abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?