Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Religion
0
Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Mbere y’igihe gito umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth ll atarapfa hari uwari wahanuye abinyujije ku rubuga rwa x avuga itariki azapfiraho kandi biba uko yabitangaje.

Uwabihanuye yitwa Logan Smith, muri izo nyandiko yari yashize hanze zirimo ubuhanuzi bwo gupfa kwa Elizabeth ll zerekenaga ko azapfa ku itariki ya 08/09/2022, agasimburwa na Charles. Ibi ntibyatinze kuko byahise byuzura, biba bibaye impamo.

Yongeye gusohora ubundi butumwa nanone buri munyandiko aho yakoresheje kandi urubuga rwa x, atangaza ko Umwami Charles III azapfa tariki ya 28/03/2026. Ubu butumwa buri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Nk’uko bigaragara Logan Smith amaze kubona ubutumwa yatanze bukomeje gukwirakwiza henshi, ari nako bamwe bamutuka yafashe ya konti ye arayihisha ndetse x irayisiba.

Kuri izo mbuga nkoranya mbaga, byavuzwe ko leta y’u Bwongereza yaba igiye guhigisha uwo mugabo uruhindu uhanura ibyurupfu rw’umwami w’iki gihugu.

Undi nawe w’umuhanuzi yahise atangaza ko yizera ko Charles III azategeka igihe kigufi.

Yagize ati: “Nanjye nizere ko Umwami Charles III azategeka igihe kigufi. Ni imyaka iri hagati y’itanu na Cumi.”

Bivuzwe mu gihe umwami Charles III w’imyaka 73 y’amavuko arwaye kanseri itaratangajwe ubwoko bwayo.

Uyu mwami yimitswe nyuma y’iminsi mike mama we apfuye mu 2022 wari umaze imyaka 70 ategetse iki gihugu cy’u Bwongereza.

        MCN.
Tags: Charles IIIElizabeth llIgihe azapfiraU BwongerezaUbuhanuzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Hagaragajwe umubare w'abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?