• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Religion
0
Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Mbere y’igihe gito umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth ll atarapfa hari uwari wahanuye abinyujije ku rubuga rwa x avuga itariki azapfiraho kandi biba uko yabitangaje.

Uwabihanuye yitwa Logan Smith, muri izo nyandiko yari yashize hanze zirimo ubuhanuzi bwo gupfa kwa Elizabeth ll zerekenaga ko azapfa ku itariki ya 08/09/2022, agasimburwa na Charles. Ibi ntibyatinze kuko byahise byuzura, biba bibaye impamo.

Yongeye gusohora ubundi butumwa nanone buri munyandiko aho yakoresheje kandi urubuga rwa x, atangaza ko Umwami Charles III azapfa tariki ya 28/03/2026. Ubu butumwa buri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Nk’uko bigaragara Logan Smith amaze kubona ubutumwa yatanze bukomeje gukwirakwiza henshi, ari nako bamwe bamutuka yafashe ya konti ye arayihisha ndetse x irayisiba.

Kuri izo mbuga nkoranya mbaga, byavuzwe ko leta y’u Bwongereza yaba igiye guhigisha uwo mugabo uruhindu uhanura ibyurupfu rw’umwami w’iki gihugu.

Undi nawe w’umuhanuzi yahise atangaza ko yizera ko Charles III azategeka igihe kigufi.

Yagize ati: “Nanjye nizere ko Umwami Charles III azategeka igihe kigufi. Ni imyaka iri hagati y’itanu na Cumi.”

Bivuzwe mu gihe umwami Charles III w’imyaka 73 y’amavuko arwaye kanseri itaratangajwe ubwoko bwayo.

Uyu mwami yimitswe nyuma y’iminsi mike mama we apfuye mu 2022 wari umaze imyaka 70 ategetse iki gihugu cy’u Bwongereza.

        MCN.
Tags: Charles IIIElizabeth llIgihe azapfiraU BwongerezaUbuhanuzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Hagaragajwe umubare w'abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?