• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Religion
0
Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanuzi wahanuye urupfu rwa Elizabeth ll yahanuye n’igihe umwami Charles III azapfira.

Mbere y’igihe gito umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth ll atarapfa hari uwari wahanuye abinyujije ku rubuga rwa x avuga itariki azapfiraho kandi biba uko yabitangaje.

READ ALSO

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

Uwabihanuye yitwa Logan Smith, muri izo nyandiko yari yashize hanze zirimo ubuhanuzi bwo gupfa kwa Elizabeth ll zerekenaga ko azapfa ku itariki ya 08/09/2022, agasimburwa na Charles. Ibi ntibyatinze kuko byahise byuzura, biba bibaye impamo.

Yongeye gusohora ubundi butumwa nanone buri munyandiko aho yakoresheje kandi urubuga rwa x, atangaza ko Umwami Charles III azapfa tariki ya 28/03/2026. Ubu butumwa buri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranya mbaga.

Nk’uko bigaragara Logan Smith amaze kubona ubutumwa yatanze bukomeje gukwirakwiza henshi, ari nako bamwe bamutuka yafashe ya konti ye arayihisha ndetse x irayisiba.

Kuri izo mbuga nkoranya mbaga, byavuzwe ko leta y’u Bwongereza yaba igiye guhigisha uwo mugabo uruhindu uhanura ibyurupfu rw’umwami w’iki gihugu.

Undi nawe w’umuhanuzi yahise atangaza ko yizera ko Charles III azategeka igihe kigufi.

Yagize ati: “Nanjye nizere ko Umwami Charles III azategeka igihe kigufi. Ni imyaka iri hagati y’itanu na Cumi.”

Bivuzwe mu gihe umwami Charles III w’imyaka 73 y’amavuko arwaye kanseri itaratangajwe ubwoko bwayo.

Uyu mwami yimitswe nyuma y’iminsi mike mama we apfuye mu 2022 wari umaze imyaka 70 ategetse iki gihugu cy’u Bwongereza.

        MCN.
Tags: Charles IIIElizabeth llIgihe azapfiraU BwongerezaUbuhanuzi

Related Posts

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama
Religion

Abacengenzi mu miryango: Inyigisho z’Umushumba Gedeon Kayoni mu giterane cy’abamama

September 6, 2026
Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana
Religion

Abanyamulenge Bakiriye Inkuru y’Akababaro: Umusaza Simoni Sebaganwa, Umuhanuzi Wubahwaga, Yitabye Imana

September 2, 2026
ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje
Religion

ANTIKRISTO AZAVA MURI ISRAEL cyangwa AMERIKA? Ukuri kwa Bibiliya Kurimo Igisubizo Gitangaje

August 31, 2026
Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”
Religion

Minembwe Capital News — Isesengura ry’Amateka, Imyemerere n’Ibihuha Bimaze Imyaka Bivugwa kuri “Illuminati”

August 27, 2026
“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”
Religion

“Kuva ku Bigishwa 12 Kugeza kuri Miliyari 2.3: Ibanga ry’Uko Ubukristo Bwafashe Isi, Amateka Yabwo n’Icyo Ibyo Bivuga ku Mana”

August 16, 2026
Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo
Religion

Apostle Alice na Col. Cobra Bakomeje Urugendo rw’Ivugabutumwa muri Minembwe, Bageze mu Nsengero Zirenga 10: Menya Byinshi kuri Iyi Ziara n’Ubutumwa bw’Imana Buyikubiyemo

August 12, 2026
Next Post
Hagaragajwe umubare w’abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Hagaragajwe umubare w'abantu bamaze gukira virus itera Sida burundu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?