• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yigambye gukubita kubi, ihuriro ry’ingabo za RDC na SADC.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yigambye gukubita kubi, ihuriro ry’ingabo za RDC na SADC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yigambye kunesha, nyuma y’uko urugamba rwa none ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku bufatanye n’iza SADC, baruhuriyemo n’uruva gusenya.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uy’u munsi k’u wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, ndetse no ku Cyumweru, k’u munsi w’ejo hashize, Ingabo za leta ya Kinshasa n’abayifasha kurwana aribo FDLR, Wagner, SADC, ingabo z’u Burundi, batsinzwe bidasubirwaho n’Ingabo za ARC/M23.

Ni mu mirwano ikomeje ku bahanganisha muri Karuba no mu nkengero zayo muri teritware ya Masisi, na Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo ndetse ni mirwano yabaye uy’u munsi, ibereye muri bice n’ubundi, biherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, akoresheje urubuga rwe rwa X, yagize ati: “Ukwihuza kw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC, byabahindukiye ubusa, mbese umuntu ya bikuba na zero.”

Yakomeje agira ati: “Muri Kibumba, bakubiswe, Karuba n’uko werekeza Mweso, ahajya Kashunga, bahindutse ubusa imbere ya M23.”

Ibi abivuze mu gihe hari amakuru akomeje gutangwa na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo, ko Amakambi ya Wazalendo na FARDC, yaraherereye mu bice byo muriyo teritware ko yahindutse umuyonga.

Nyiragongo akaba ar’iyo teritware ifite ibice biherereye mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

K’urundi ruhande M23 ya mbuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC, ibikoresho byinshi birimo Imbunda zirasa kure nizirasa hafi.

Bruce Bahanda.

Tags: Benjamin MbonimpaIhuriro ry'Ingabo za RDC na SADCUmuhuza bikorwa wa M23Yigambye gukubita kubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bikomeye byo ngeye kwi basira agace ka Mweso, muri ay’amasaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere.

Ibitero bikomeye byo ngeye kwi basira agace ka Mweso, muri ay'amasaha y'umugoroba wo kuri uyu wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?