• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 7, 2025
in Regional Politics
0
Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mujyi rwagati wa Nairobi byari byakaze kubera imyigaragambyo.

You might also like

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Inzego z’umutekano muri Kenya zafunze imihanda minini zitera n’ibyuka biryana mu maso ubwo zageragezaga gutatanya urubyiruko rwari rwuzuye uburakari mu myigaragambyo yabereye mu mujyi wa Nairobi.

Ni byabaye mugitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 07/07/2025, aho polisi y’iki gihugu cya Kenya yari yafunze imihanda migari yinjira mu mujyirwagati wa Nairobi.

Amakuru ava muri iki gihugu cya Kenya avuga ko iyi myigaragambyo ko yiswe “Saba Saba” bisobanurwa ko ari itariki ya karindwi mukwezi kwa kandwi. Bivugwa ko ihora iba buri mwaka muri iki gihugu.

Iyi myigaragambyo ikorwa hagamijwe kuzirikana imyaka 35 ishize muri Kenya hatangiye urugamba rwo guharanira demokarasi ishingiye ku mashyaka menshi, rwatangiye mu 1990.

Guhera mu gitondo cya kare, inzego z’umutekano zari zakajije ingamba ndetse zifunga imihanda yose yerekeza mu mujyi wa Nairobi.

Ahanini abatewe ibyuka biryana mu maso ni abigaragambije ku muhanda wa Thika na Kitengela, ni mu gihe barwanaga berekeza muri Nairobi.

Bivugwa ko umuntu umwe ni we witabye Imana, undi na we arakomereka.

Ibikorwa byinshi by’ubucuruzi muri uyu mujyi byari byafunze, mu gihe abashinzwe umutekano bari buzuye ku mihanda itandukanye.

Abayobozi bamashuri na bo bari bategetse abanyeshuri kuguma mu rugo uyu munsi.

Mu mujyi, imihanda yerekeza ahantu h’ingenzi hagana ku rugo rwa perezida, ku biro bye no ku nteko ishinga amategeko hari harunze abapolisi kabone nubwo hari za senyenge zibuza umuntu wese gutambuka.

Polisi ku cyumweru yari yatanze itangazo ivuga ko inshingano zayo kwari ukurengera ubuzima n’ibikorwa no kuzana ituze rusange.

Iyi myigaragambyo yateguwe n’urubyiruko ruzwi nka Gen-Z, bamagana imiyoborere y’ubutegetsi buriho ndetse n’ubutabera ku bishwe na polisi mu ruhererekane rw’imyigaragambyo zatangiye umwaka ushize.

Mu myigaragambyo iheruka mu mpera z’ukwezi gushize, abantu bakabakaba 19 barishwe, inzu z’ubucuruzi zigera mu bihumbi zarasahuwe, izindi zirangizwa.

Tags: Byari byakazeImyigaragambyoNairobi
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa. Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura,...

Read moreDetails

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

Rurambo hazamutse igitero gikanganye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?