• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Umwe mu Banye-Kongo bari hanze y’igihugu cyabo, wavuze ko ari umukunzi wa M23 na Twirwaneho, yatanze ubutumwa burimo inama ashaka guha abarwanyi b’uyu mutwe uheruka gufata umujyi wa Goma.

Ni ubutumwa buri munyandiko, akaba yabunyujije mu bwanditsi bwa Minembwe.com, aho yagize ati: “Mwiriwe abandi mwaramutse? Ngize igihe nkurikirana ibibera i wacu. Iyo mvuze iwacu mba mvuze muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo. Njyewe uvuga ibi ndi umukunzi wa M23 na Twirwaneho.”

Yavuze ko kuri ubu atuye muri diasipora, kandi ko adashaka ko amazina ye aja hanze, ku mpamvu z’umutekano we.

Yakomeje agira ati: “Umusanzu wanjye w’ibitekerezo, nsubiye inyuma mu 2017, wabonaga intambara ibera i wacu(Mulenge ) yatangiye ari iya politiki, kandi n’umvaga izakemurwa vuba bidatinze, kandi ko izakemurwa n’imbaraga za politiki. Ariko Igitangaje mu 2021 na 2022, ubwo yatangiraga muri Kivu Yaruguru, perezida Félix Tshisekedi ni nabwo yahise yiyambaza ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR, intambara yahise ifata indi sura. Iba iya moko (Hutu na Tutsi), nubwo impande zose batabigaragaza.”

Uyu mukunzi wiyise uwa M23 na Twirwaneho yavuze ko ibyo yavuze haruguru ari byo byatumye atekereza guha umutwe wa M23 inama.

Maze agira ati: “Rero, ndagira ngo mpe M23 inama. Nyuma y’ifatwa rya Goma na Minova, birabasaba gutekereza kabiri. Uburyo mu koresha kugira ngo mubashe guhindura ibyo Tshisekedi yagezeho. muri dipolomasi.”

“Reka mbabwire, Abazungu bashigikira uruhande rufite imbaraga. Rero, nimukore cyane kugira ngo mwigarure imitima y’Abanyamulenge bashutswe na Tshisekedi. Ikindi mwigarurire imbaraga z’urubyiruko.”

Yavuze ko kugira ngo ibyo M23 ibigereho, biyisaba gutabara abaturage ba Banyamulenge bari mu misozi miremire y’Imulenge bagabwaho ibitero bya FARDC, FDLR na Maï-Maï umunsi ku wundi. Ahamya ko ibyo bizafasha uyu mutwe wa M23 guhuza imbaraga na Twirwaneho, maze ngo ibyo bizatuma bafata igice cyose cy’imisozi miremire y’Imulenge, ubundi Umunyamulenge wese ahari, azahita yiyumvamo uyu mutwe wa M23 na Twirwaneho.

Yavuze kandi ko ibyo bizafasha M23 na Twirwaneho gusenya imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’ingabo za perezida Félix Tshisekedi, iyahoraga yica Abanyamulenge ikanabasenyera.

Avuga kandi ko ibyo bizatuma u Burundi bwahoraga bufasha ingabo z’iki gihugu cya Congo na FDLR bucika intege.

Yanaboneyeho kandi kuvuga ko iki gice cy’imisozi miremire, gifite uburyo bw’u rugomba, ahanini ngo kuko ku gifata bizaca intege Leta y’u Burundi.

Avuga ko mu gihe abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bakomeza umuhanda wa Bukavu-Uvira, bishobora kuzabagora, ngo kuko we abona ko bizaha General Pacifique Masunzu imbaraga, gukomeza kwiyambaza u Burundi na Wazalendo bazaba bava mu misozi miremire. Bityo abasaba kubanza gufata imisozi y’i Mulenge.

Yarangije ashimira umuryango wa M23 na Twirwaneho.

Ati: “Ndabakunda, muri abagabo, mwanze gusuzugurwa. Imana izabahe intsinzi y’ibihe bidashyira. Murakoze mu horane Imana.”

Tags: InamaM23Twirwaneho
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?