• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umwe mu Banye-Kongo bari hanze y’igihugu cyabo, wavuze ko ari umukunzi wa M23 na Twirwaneho, yatanze ubutumwa burimo inama ashaka guha abarwanyi b’uyu mutwe uheruka gufata umujyi wa Goma.

Ni ubutumwa buri munyandiko, akaba yabunyujije mu bwanditsi bwa Minembwe.com, aho yagize ati: “Mwiriwe abandi mwaramutse? Ngize igihe nkurikirana ibibera i wacu. Iyo mvuze iwacu mba mvuze muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo. Njyewe uvuga ibi ndi umukunzi wa M23 na Twirwaneho.”

Yavuze ko kuri ubu atuye muri diasipora, kandi ko adashaka ko amazina ye aja hanze, ku mpamvu z’umutekano we.

Yakomeje agira ati: “Umusanzu wanjye w’ibitekerezo, nsubiye inyuma mu 2017, wabonaga intambara ibera i wacu(Mulenge ) yatangiye ari iya politiki, kandi n’umvaga izakemurwa vuba bidatinze, kandi ko izakemurwa n’imbaraga za politiki. Ariko Igitangaje mu 2021 na 2022, ubwo yatangiraga muri Kivu Yaruguru, perezida Félix Tshisekedi ni nabwo yahise yiyambaza ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR, intambara yahise ifata indi sura. Iba iya moko (Hutu na Tutsi), nubwo impande zose batabigaragaza.”

Uyu mukunzi wiyise uwa M23 na Twirwaneho yavuze ko ibyo yavuze haruguru ari byo byatumye atekereza guha umutwe wa M23 inama.

Maze agira ati: “Rero, ndagira ngo mpe M23 inama. Nyuma y’ifatwa rya Goma na Minova, birabasaba gutekereza kabiri. Uburyo mu koresha kugira ngo mubashe guhindura ibyo Tshisekedi yagezeho. muri dipolomasi.”

“Reka mbabwire, Abazungu bashigikira uruhande rufite imbaraga. Rero, nimukore cyane kugira ngo mwigarure imitima y’Abanyamulenge bashutswe na Tshisekedi. Ikindi mwigarurire imbaraga z’urubyiruko.”

Yavuze ko kugira ngo ibyo M23 ibigereho, biyisaba gutabara abaturage ba Banyamulenge bari mu misozi miremire y’Imulenge bagabwaho ibitero bya FARDC, FDLR na Maï-Maï umunsi ku wundi. Ahamya ko ibyo bizafasha uyu mutwe wa M23 guhuza imbaraga na Twirwaneho, maze ngo ibyo bizatuma bafata igice cyose cy’imisozi miremire y’Imulenge, ubundi Umunyamulenge wese ahari, azahita yiyumvamo uyu mutwe wa M23 na Twirwaneho.

Yavuze kandi ko ibyo bizafasha M23 na Twirwaneho gusenya imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’ingabo za perezida Félix Tshisekedi, iyahoraga yica Abanyamulenge ikanabasenyera.

Avuga kandi ko ibyo bizatuma u Burundi bwahoraga bufasha ingabo z’iki gihugu cya Congo na FDLR bucika intege.

Yanaboneyeho kandi kuvuga ko iki gice cy’imisozi miremire, gifite uburyo bw’u rugomba, ahanini ngo kuko ku gifata bizaca intege Leta y’u Burundi.

Avuga ko mu gihe abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bakomeza umuhanda wa Bukavu-Uvira, bishobora kuzabagora, ngo kuko we abona ko bizaha General Pacifique Masunzu imbaraga, gukomeza kwiyambaza u Burundi na Wazalendo bazaba bava mu misozi miremire. Bityo abasaba kubanza gufata imisozi y’i Mulenge.

Yarangije ashimira umuryango wa M23 na Twirwaneho.

Ati: “Ndabakunda, muri abagabo, mwanze gusuzugurwa. Imana izabahe intsinzi y’ibihe bidashyira. Murakoze mu horane Imana.”

Tags: InamaM23Twirwaneho
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?