• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa n’umukunzi wa m23 ku ntambara uyu mutwe urimo muri Kivu y’Epfo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umwe mu Banye-Kongo bari hanze y’igihugu cyabo, wavuze ko ari umukunzi wa M23 na Twirwaneho, yatanze ubutumwa burimo inama ashaka guha abarwanyi b’uyu mutwe uheruka gufata umujyi wa Goma.

Ni ubutumwa buri munyandiko, akaba yabunyujije mu bwanditsi bwa Minembwe.com, aho yagize ati: “Mwiriwe abandi mwaramutse? Ngize igihe nkurikirana ibibera i wacu. Iyo mvuze iwacu mba mvuze muri Kivu Yaruguru n’iy’Epfo. Njyewe uvuga ibi ndi umukunzi wa M23 na Twirwaneho.”

Yavuze ko kuri ubu atuye muri diasipora, kandi ko adashaka ko amazina ye aja hanze, ku mpamvu z’umutekano we.

Yakomeje agira ati: “Umusanzu wanjye w’ibitekerezo, nsubiye inyuma mu 2017, wabonaga intambara ibera i wacu(Mulenge ) yatangiye ari iya politiki, kandi n’umvaga izakemurwa vuba bidatinze, kandi ko izakemurwa n’imbaraga za politiki. Ariko Igitangaje mu 2021 na 2022, ubwo yatangiraga muri Kivu Yaruguru, perezida Félix Tshisekedi ni nabwo yahise yiyambaza ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FDLR, intambara yahise ifata indi sura. Iba iya moko (Hutu na Tutsi), nubwo impande zose batabigaragaza.”

Uyu mukunzi wiyise uwa M23 na Twirwaneho yavuze ko ibyo yavuze haruguru ari byo byatumye atekereza guha umutwe wa M23 inama.

Maze agira ati: “Rero, ndagira ngo mpe M23 inama. Nyuma y’ifatwa rya Goma na Minova, birabasaba gutekereza kabiri. Uburyo mu koresha kugira ngo mubashe guhindura ibyo Tshisekedi yagezeho. muri dipolomasi.”

“Reka mbabwire, Abazungu bashigikira uruhande rufite imbaraga. Rero, nimukore cyane kugira ngo mwigarure imitima y’Abanyamulenge bashutswe na Tshisekedi. Ikindi mwigarurire imbaraga z’urubyiruko.”

Yavuze ko kugira ngo ibyo M23 ibigereho, biyisaba gutabara abaturage ba Banyamulenge bari mu misozi miremire y’Imulenge bagabwaho ibitero bya FARDC, FDLR na Maï-Maï umunsi ku wundi. Ahamya ko ibyo bizafasha uyu mutwe wa M23 guhuza imbaraga na Twirwaneho, maze ngo ibyo bizatuma bafata igice cyose cy’imisozi miremire y’Imulenge, ubundi Umunyamulenge wese ahari, azahita yiyumvamo uyu mutwe wa M23 na Twirwaneho.

Yavuze kandi ko ibyo bizafasha M23 na Twirwaneho gusenya imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’ingabo za perezida Félix Tshisekedi, iyahoraga yica Abanyamulenge ikanabasenyera.

Avuga kandi ko ibyo bizatuma u Burundi bwahoraga bufasha ingabo z’iki gihugu cya Congo na FDLR bucika intege.

Yanaboneyeho kandi kuvuga ko iki gice cy’imisozi miremire, gifite uburyo bw’u rugomba, ahanini ngo kuko ku gifata bizaca intege Leta y’u Burundi.

Avuga ko mu gihe abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bakomeza umuhanda wa Bukavu-Uvira, bishobora kuzabagora, ngo kuko we abona ko bizaha General Pacifique Masunzu imbaraga, gukomeza kwiyambaza u Burundi na Wazalendo bazaba bava mu misozi miremire. Bityo abasaba kubanza gufata imisozi y’i Mulenge.

Yarangije ashimira umuryango wa M23 na Twirwaneho.

Ati: “Ndabakunda, muri abagabo, mwanze gusuzugurwa. Imana izabahe intsinzi y’ibihe bidashyira. Murakoze mu horane Imana.”

Tags: InamaM23Twirwaneho
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Perezida Samia yakoranije inama yihuta ya SADC ku ntambara ibera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?