• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’i Gihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yavuze “ikigira umwe” perezida Evariste Ndayishimiye n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
2
Umukuru w’i Gihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yavuze “ikigira umwe”  perezida Evariste Ndayishimiye n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yanenze mu genzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wa mubeshye mu kiganiro bari bagiranye umwaka ushize.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni byatangajwe mu kiganiro Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yagiranye n’igitangaza makuru cya Jeunne Afrique, icyo Kagame yavuze ko umwaka ushize yahamagaye Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, agamije ku mubaza impamvu yari yaciye inyuma EAC akohereza ingabo mu ibanga, zo gufasha igisirikare cya Congo, nawe yigiza nkana ko atari byo.

Muri iki kiganiro perezida w’u Rwanda, yabwiwe Jeunne Afrique ko mbere y’uko u Burundi bwohereza muri RDC abasirikare bo gufasha FARDC, u Rwanda rwari rwaramenye ayo makuru rubifashijwemo n’u butasi.

Kandi avuga ko nyuma yo kumenya ayo makuru yahamagaye Evariste Ndayishimiye kuri telephone, amubaza impamvu yari yahisemo guca inyuma EAC yari ayoboye akohereza muri RDC izindi ngabo zo kuyirwanya, undi asa n’umugira umusazi.

Yagize ati: “Nahamagaye perezida w’u Burundi kuri telephone, nda mubwira nti ‘perezida n’umvise ko mu giye kohereza izindi ngabo z’itandukanye n’iza EAC ngo zirwane ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa; nara mubwiye kandi nti ‘ibi binyuranye n’impamvu ya EACRF yashinzwe kandi muri mu bayigize. None mugiye kuja mu bindi?”

Yakomeje avuga ko yabwiye Ndayishimiye “kw’i byo ateganya gukora ari bibi cyane, kuko kujya kurwana ku ruhande rurimo n’umutwe wa FDLR usanzwe ari ikibazo ku mutekano bizana ingaruka.”

Kagame avuga ko “ibyo yabajije Ndayishimiye ya murahiriye ko atari ukuri; mu bwira ko uwo ariwe wese wambwiye ibyo bintu ashobora kuba yamubeshye. Na mubwiye ko kandi ko ‘nishimiye kwibeshya,’ nti ‘niba nibeshye , ni byiza ; nishimiye ku byumva.”

Paul Kagame w’u Rwanda, yavu ko igitangaje ari uko nyuma y’ibyumweru bibiri gusa, ingabo z’u Burundi zari zamaze kugera mu Mujyi wa Goma, ibisobanuro yamubeshye nkana.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame asoza avuga ko Evariste Ndayishimiye y’ubakiye kuri politike y’u bujiji n’imyumvire iciriritse by’u mwihariko ashimangira ko aricyo ki muhuza na perezida Félix Tshisekedi ndetse na FDLR.

Bikaba byari bisanzwe bizwi ko u Burundi bwohereje ingabo zabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo mu kwezi kwa karindwi ku mwaka w ‘ 2023. Izi ngabo zikaba zaroherejwe mu rwego rwo gufasha FARDC guhangana n’u mutwe wa M23.

Izi ngabo zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru biciye mu masezerano ya EAC mu gihe izo herejwe muri Kivu y’Amajy’epfo zagiye ku bw’u mvikane bwa Kinshasa na Bujumbura.

            MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeIgihuza FDLRImyumvire y'u bujijiKagameTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yasubije mugenzi we Tshisekedi kubirebana na mabwiriza yatanze kugira ngo bazakorane ibiganiro.

Perezida Paul Kagame w'u Rwanda, yasubije mugenzi we Tshisekedi kubirebana na mabwiriza yatanze kugira ngo bazakorane ibiganiro.

Comments 2

  1. SEBINTU NKINZINGABO JOTHAM says:
    2 years ago

    Imyandikire yanyu ntabwo iba inoze. Mwashatse abantu bazi kwandika ko mwisubiramo gusa. Ko mumenya gushyiraho umutwe w’inkuru, ibindi byo bya développement y’inkuru mubinanirwa gute? Inkuri zanyu ziracyari izabiga kweli. Muzajye mushaka abazi kwandika, nibashake babace amafaranga, muyatange. Inkuru nazo zibamo ibitoki…!

    • Ruhisa says:
      2 years ago

      Inkuru mutanga zirasobanutse,habayeho kwibeshya gato ntbivuze ko ariko bihora .courage

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?