• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu ca RDC, akaba na kandida mu matora ateganijwe, yasezeranije Wazalendo “kuzabitura.”

minebwenews by minebwenews
December 13, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo akaba n’u mukandida mu Matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe, Félix Tshisekedi, yasezeranije Wazalendo, kuzabitura nka bakoreye igihugu neza abereye perezida.

You might also like

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

N’ibyo yavuze muri ibi bihe byo kw’iyamamariza k’umwanya w’u mukuru w’igihugu ca RDC, ubwo yari kuri Stade ya Afia, iherereye mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku Cyumweru, tariki 10/12/2023.

Tshisekedi yagize ati: “Uyumunsi dufite igisirikare gifite ubushobozi bwo kurinda i Gihugu. Tumaze no gushiraho na bafasha bacyo, (Wazalendo), aba rero tugiye kubagira umutwe w’Ingabo wihariye wo kurinda ubusugire bw’Igihugu.”

Bizwiko Wazalendo hambere ba banjye gukanira barwanya M23 bigeze mu kwezi kwa Cyenda 9 maze M23 irabigaranzura ibakubita inshuro ndetse n’abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bose barimo FDLR, Abacanshuro na FARDC ndetse n’imbonerakure z’u Burundi zaje kuza nyuma.

Ikindi umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yabwiye abari muri Stade ya Afia, i Goma, yababwiye ko igihugu abereye umuyobozi Mukuru ko kuva muntangiriro z’uyu mwaka w’2023 kugeza ubu ko kimaze kunguka abasirikare bagera ku 40.000, ariko ko hagikenewe n’abandi benshi kugira ngo RDC igire igisirikare gikomeye mukarere no muri Afrika muri rusange.

Gusa Wazalendo bagiye bashinjwa kwica, kw’iba no gushimuta abaturage i Goma n’ahandi.

Bruce Bahanda.

Tags: Félix TshisekediYasezeranije Wazalendo "kuzabitura."
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

"Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC"– Minisitiri Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyishimo bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails
Next Post

Ihuriro ry'Ingabo za RDC, zirashinjwa kurenga ku masezerano yo guhagarika intambara nimugihe imirwano yongeye kwa duka mu nkengero za Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?