• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko mu mashamba yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo ze, ziheruka gufata abadamu bari barafashwe n’inyeshamba harimo n’Abarundikazi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro umukuru w’igihugu Yoweli Kaguta Museveni, yakoreye kuri television y’i Gihugu ca Uganda, kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 09/01/2024, aho yanagarutse ku by’u mutekano.

Museveni, yavuze no ku by’u rugamba ingabo ze zifatanije n’iza RDC, aho zigejeje kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Naru.

Aha, umukuru w’igihugu yerekanye abagore batanu(5), avuga ko bari mu itsinda rinini ry’abasivile ryari ryarafashwe ku ngufu na ADF bakaba bararokowe n’igisirikare cya Uganda.

Muri abo badamu batanu ba biri muribo ba komoka mu Gihugu c’u Burundi, abandi ba biri akaba ari abanyekongo n’umwe wo muri Uganda. Umwe w’umurundikazi yavuze ko abana be ba biri binjiranye mu mashamba bapfuye kubera ubuzima bubi.

Muriki kiganiro Perezida Kaguta Museveni, yashinje uwari umuyobozi wa Congo Kinshasa, Joseph Kabila na Mobutu Sese seko, kuba barahaye ADF ikibanza mu mushamba ya Congo bakabuza leta ya Uganda gukurikirana ADF.

Museveni yagize ati: “Icyatumye ADF imara igihe kirekire muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ni uko Kabila Joseph, yatwangiye kujyayo guhiga abo barwanyi maze nabo bagezeyo baridegembya. Rero ubu Perezida Félix Tshisekedi, yatwemereye kujyayo nta bwo ADF ishobora kubaho.”

“Igihe rero Joseph Kabila, yari yarahaye ADF Naru, ikibanza, bariya barwanyi bibwiraga ko tudafite imbaraga zo kubarwanya, ariko ubu na babwira ngo nibarekere aho kudutesha umutwe. Bazi neza ko iyo tubateye tubica ari benshi kandi bose bagiye kurimbuka.”

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yaburiye inshuti za ADF Naru, n’abarwanyi bagize uwo mutwe ko leta ya Kampala ifite kubamaraho vuba mugihe batayivamo inzira zikigendwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Yoweli Kaguta MuseveniYaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umunyapolitike utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kampala, Dr Kiiza Besigye, yibwe maze y'ibasira perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?