Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu ca Uganda yaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa burundu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko mu mashamba yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo ze, ziheruka gufata abadamu bari barafashwe n’inyeshamba harimo n’Abarundikazi.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni mu kiganiro umukuru w’igihugu Yoweli Kaguta Museveni, yakoreye kuri television y’i Gihugu ca Uganda, kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 09/01/2024, aho yanagarutse ku by’u mutekano.

Museveni, yavuze no ku by’u rugamba ingabo ze zifatanije n’iza RDC, aho zigejeje kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Naru.

Aha, umukuru w’igihugu yerekanye abagore batanu(5), avuga ko bari mu itsinda rinini ry’abasivile ryari ryarafashwe ku ngufu na ADF bakaba bararokowe n’igisirikare cya Uganda.

Muri abo badamu batanu ba biri muribo ba komoka mu Gihugu c’u Burundi, abandi ba biri akaba ari abanyekongo n’umwe wo muri Uganda. Umwe w’umurundikazi yavuze ko abana be ba biri binjiranye mu mashamba bapfuye kubera ubuzima bubi.

Muriki kiganiro Perezida Kaguta Museveni, yashinje uwari umuyobozi wa Congo Kinshasa, Joseph Kabila na Mobutu Sese seko, kuba barahaye ADF ikibanza mu mushamba ya Congo bakabuza leta ya Uganda gukurikirana ADF.

Museveni yagize ati: “Icyatumye ADF imara igihe kirekire muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ni uko Kabila Joseph, yatwangiye kujyayo guhiga abo barwanyi maze nabo bagezeyo baridegembya. Rero ubu Perezida Félix Tshisekedi, yatwemereye kujyayo nta bwo ADF ishobora kubaho.”

“Igihe rero Joseph Kabila, yari yarahaye ADF Naru, ikibanza, bariya barwanyi bibwiraga ko tudafite imbaraga zo kubarwanya, ariko ubu na babwira ngo nibarekere aho kudutesha umutwe. Bazi neza ko iyo tubateye tubica ari benshi kandi bose bagiye kurimbuka.”

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yaburiye inshuti za ADF Naru, n’abarwanyi bagize uwo mutwe ko leta ya Kampala ifite kubamaraho vuba mugihe batayivamo inzira zikigendwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Yoweli Kaguta MuseveniYaburiye ADF kuva mu mashamba bitaba ibyo ikarimburwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umunyapolitike utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kampala, Dr Kiiza Besigye, yibwe maze y'ibasira perezida Yoweli Kaguta Museveni.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?