• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

minebwenews by minebwenews
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’Igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiyemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakoranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo , kuri iki Cyumweru tariki ya 21/01/2024. Iki kiganiro ki kaba cya bereye kuri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa, k’umurwa mu kuru w’i Gihugu ca RDC.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Nti bikwiye ko haba kwi nubana hagati mu baturage bo mu karere, k’ibiyaga bigari, Abayobozi nibo babi. Urugamba rwacu ru kwiye gukomeza kugeza tugeze mu Rwanda maze tukavanaho ubutegetsi bu bi, Abanyarwanda bagenzi bacu bakabohoka.”

Yakomeje avuga ati: “Ndibaza ko Abanyarwanda batifuza gukomeza kuba imbohe mu karere, dukwiye kubafasha bakibohora.”

Muriki kiganiro Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yemereye kandi urubyiruko rw’Abanyekongo ku zakoresha i Nama ibahuza n’urubyiruko rwo mu Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi kugira ngo bigire hamwe icyazana amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.

Ibi biganiro bya huje Ndayishimiye w’u Burundi n’urubyiruko rw’Abanyekongo bya baye nyuma y’uko yari yitabiriye irahira rya Perezida Félix Antoine Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC manda ya kabiri.

Gusa abakurikirana politike ya karere barahamya ko amagambo ya Evariste Ndayishimiye k’u Rwanda ashobora kubyara intambara ikomeye hagati y’i Bihugu byo mu karere.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeUmukuru w'igihugu c'u BurundiYiyemeje kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?