Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’Igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiyemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni mu kiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakoranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo , kuri iki Cyumweru tariki ya 21/01/2024. Iki kiganiro ki kaba cya bereye kuri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa, k’umurwa mu kuru w’i Gihugu ca RDC.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Nti bikwiye ko haba kwi nubana hagati mu baturage bo mu karere, k’ibiyaga bigari, Abayobozi nibo babi. Urugamba rwacu ru kwiye gukomeza kugeza tugeze mu Rwanda maze tukavanaho ubutegetsi bu bi, Abanyarwanda bagenzi bacu bakabohoka.”

Yakomeje avuga ati: “Ndibaza ko Abanyarwanda batifuza gukomeza kuba imbohe mu karere, dukwiye kubafasha bakibohora.”

Muriki kiganiro Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yemereye kandi urubyiruko rw’Abanyekongo ku zakoresha i Nama ibahuza n’urubyiruko rwo mu Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi kugira ngo bigire hamwe icyazana amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.

Ibi biganiro bya huje Ndayishimiye w’u Burundi n’urubyiruko rw’Abanyekongo bya baye nyuma y’uko yari yitabiriye irahira rya Perezida Félix Antoine Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC manda ya kabiri.

Gusa abakurikirana politike ya karere barahamya ko amagambo ya Evariste Ndayishimiye k’u Rwanda ashobora kubyara intambara ikomeye hagati y’i Bihugu byo mu karere.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeUmukuru w'igihugu c'u BurundiYiyemeje kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?