• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

minebwenews by minebwenews
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’Igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiyemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni mu kiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakoranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo , kuri iki Cyumweru tariki ya 21/01/2024. Iki kiganiro ki kaba cya bereye kuri Hotel Fleuve Congo, iherereye i Kinshasa, k’umurwa mu kuru w’i Gihugu ca RDC.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Nti bikwiye ko haba kwi nubana hagati mu baturage bo mu karere, k’ibiyaga bigari, Abayobozi nibo babi. Urugamba rwacu ru kwiye gukomeza kugeza tugeze mu Rwanda maze tukavanaho ubutegetsi bu bi, Abanyarwanda bagenzi bacu bakabohoka.”

Yakomeje avuga ati: “Ndibaza ko Abanyarwanda batifuza gukomeza kuba imbohe mu karere, dukwiye kubafasha bakibohora.”

Muriki kiganiro Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yemereye kandi urubyiruko rw’Abanyekongo ku zakoresha i Nama ibahuza n’urubyiruko rwo mu Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi kugira ngo bigire hamwe icyazana amahoro mu karere k’ibiyaga bigari.

Ibi biganiro bya huje Ndayishimiye w’u Burundi n’urubyiruko rw’Abanyekongo bya baye nyuma y’uko yari yitabiriye irahira rya Perezida Félix Antoine Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC manda ya kabiri.

Gusa abakurikirana politike ya karere barahamya ko amagambo ya Evariste Ndayishimiye k’u Rwanda ashobora kubyara intambara ikomeye hagati y’i Bihugu byo mu karere.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeUmukuru w'igihugu c'u BurundiYiyemeje kuvanaho ubutegetsi yise ko ari bubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?