• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi, maze ashira Imana imbere.

minebwenews by minebwenews
June 8, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi, maze ashira Imana imbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko abagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza tariki ya 13/05/2015 batashoboraga kugera ku ntego kuko igihugu cyabo gifite igisirikare cyunze ubumwe kandi gikomeye kurusha uko babitekerezaga.

Nk’uko yabisobanuye yavuze ko iyi kudeta yari iyobowe n’abarimo Gen Maj Godfroid Niyombare yabaye mu gihe Nkurunziza wayoboye u Burundi yari yagiye muri Tanzania mu nama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC).

Ku itariki ya 15/05/2015, abasirikare bari ku ruhande rwa Nkurunziza basubijeho ubutegetsi, Gen Niyombare, abasirikare, abapolisi ndetse n’abanyapolitiki bari bafatanije muri iki gikorwa barahunga.

Mu kiganiro n’abasirikare b’u Burundi barwanira ku butaka cyabaye ku itariki ya 06/06/2024, perezida Ndayishimiye yatangaje ko igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Nkurunziza ryari mu mugambi w’Imana kuko ngo yashakaga kwerekana ubumwe buri mu ngabo z’igihugu cyabo n’imbaraga zifite.

Yagize ati: “Tugeze ku ntambwe nini aho abo bari barasenye ubutegetsi batabona aho bahera. Ikimenyetso gifatika ni icy’ibyabaye mu 2015. Biriya ndemeza ko ari Imana yabikoze kugira ngo yerekane Abarundi n’amahanga bataremera aho tugeze, babone neza aho tugeze.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Ubwa mbere bari bazi ko Ingabo z’u Burundi zidakomeye, bazi ko Ingabo z’u Burundi n’abanegihugu badahuje kuko ni icyorezo cyateye. Imana igira ngo reka mbereke uko Ingabo z’u ubu ziyubatse, zirinda ubutegetsi, zirinda igihugu, bakore kudeta, biranga! Babona za ngabo ntizikiri mu macakubiri, ubu ziriyunze. Imana yaretse ko bibaho kugira ngo ibyanditse bibe.”

Yanasobanuye kandi ko muri icyo gihe, igihugu cy’u Burundi cyagabwemo ibitero byabagerageje guhirika ubutegetsi inshuro nyinshi, ariko ngo ntacyo byatanze kandi ngo mubacitse ari bo bake.

Ibi perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye abivuze mu gihe buri mwaka Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara zigaba ibitero bikaze muri iki gihugu, kandi ibi bitero zikabigaba ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo no mu ishyamba rya Kibira. Red Tabara igaba ibi bitero igamije gushiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Gitega.

              MCN.
Tags: AbanziAshira Imana imbereEvariste NdayishimiyePerezidaYishongoye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uko byari byifashe mu rubanza rwabashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa.

Uko byari byifashe mu rubanza rwabashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?